• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

minebwenews by minebwenews
November 14, 2024
in World News
2
Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Ingabo z’u Burusiya zagabye ibitero bya misile kuri Kyiv muri Ukraine, ni amakuru yemejwe n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine aho bagaragaje ko ibyo bitero ari simusiga.

Ni ibitero byakozwe ahar’ejo tariki ya 13/11/2024, bikozwe n’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere.
Bivugwa ko iz’ingabo zabanje kuburira ko misile nyinshi zinjiye mu kirere cya Ukraine zerekeza i Kyiv ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Amakuru avuga ko humvikanye urusaku rw’ibiturika bikomeye, nk’uko Reuters yabitangaje.
Yagize iti: “Iturika ry’ibisasu mu mujyi wa Kyiv, ntiryoroshye! Ingabo zishinzwe kurinda ikirere ziri gukora. Mu gume mu bwihisho!”

Ibi biro ntara makuru by’Abongereza byavuze ko ibyo byarimo bitangazwa n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine.

Igisirikare cya Ukraine cyavuze ko muri ibyo bitero harimo ibya misile zarashwe n’indege zifite ndetse na misile zo mu bwoko bwa Ballistiqu.

Hagati aho, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zivuga ko umubare munini w’abasirikare 10.000 ba Koreya ya Ruguru boherejwe mu Burusiya kugira ngo babufashe ku rwanya Ukraine.

Amerika inahamya ko iz’ingabo za Koreya ya Ruguru ko zinjiye mu rugamba rukomeje rubera mu ntara ya Kursk mu Burusiya. Agace kari karigaruriwe n’ingabo za Ukraine.

Tags: Misili ballestiqueU BurusiyaUkraine
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    A more specific test is isotransferrin buy priligy online usa These xenobiotics can either aggravate the intrahepatic accumulation of fat or accelerate the progression of fatty liver to nonalcoholic steatohepatitis

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    Activation of the beta 3 adrenergic receptor increases bladder capacity by relaxing the detrusor smooth muscle during bladder filling can you buy priligy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?