• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

minebwenews by minebwenews
November 14, 2024
in World News
2
Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

You might also like

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

Ingabo z’u Burusiya zagabye ibitero bya misile kuri Kyiv muri Ukraine, ni amakuru yemejwe n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine aho bagaragaje ko ibyo bitero ari simusiga.

Ni ibitero byakozwe ahar’ejo tariki ya 13/11/2024, bikozwe n’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere.
Bivugwa ko iz’ingabo zabanje kuburira ko misile nyinshi zinjiye mu kirere cya Ukraine zerekeza i Kyiv ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Amakuru avuga ko humvikanye urusaku rw’ibiturika bikomeye, nk’uko Reuters yabitangaje.
Yagize iti: “Iturika ry’ibisasu mu mujyi wa Kyiv, ntiryoroshye! Ingabo zishinzwe kurinda ikirere ziri gukora. Mu gume mu bwihisho!”

Ibi biro ntara makuru by’Abongereza byavuze ko ibyo byarimo bitangazwa n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine.

Igisirikare cya Ukraine cyavuze ko muri ibyo bitero harimo ibya misile zarashwe n’indege zifite ndetse na misile zo mu bwoko bwa Ballistiqu.

Hagati aho, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zivuga ko umubare munini w’abasirikare 10.000 ba Koreya ya Ruguru boherejwe mu Burusiya kugira ngo babufashe ku rwanya Ukraine.

Amerika inahamya ko iz’ingabo za Koreya ya Ruguru ko zinjiye mu rugamba rukomeje rubera mu ntara ya Kursk mu Burusiya. Agace kari karigaruriwe n’ingabo za Ukraine.

Tags: Misili ballestiqueU BurusiyaUkraine
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    A more specific test is isotransferrin buy priligy online usa These xenobiotics can either aggravate the intrahepatic accumulation of fat or accelerate the progression of fatty liver to nonalcoholic steatohepatitis

  2. Ensuent says:
    10 months ago

    Activation of the beta 3 adrenergic receptor increases bladder capacity by relaxing the detrusor smooth muscle during bladder filling can you buy priligy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?