Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 14, 2024
in World News
2
Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ingabo z’u Burusiya zagabye ibitero bya misile kuri Kyiv muri Ukraine, ni amakuru yemejwe n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine aho bagaragaje ko ibyo bitero ari simusiga.

Ni ibitero byakozwe ahar’ejo tariki ya 13/11/2024, bikozwe n’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere.
Bivugwa ko iz’ingabo zabanje kuburira ko misile nyinshi zinjiye mu kirere cya Ukraine zerekeza i Kyiv ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Amakuru avuga ko humvikanye urusaku rw’ibiturika bikomeye, nk’uko Reuters yabitangaje.
Yagize iti: “Iturika ry’ibisasu mu mujyi wa Kyiv, ntiryoroshye! Ingabo zishinzwe kurinda ikirere ziri gukora. Mu gume mu bwihisho!”

Ibi biro ntara makuru by’Abongereza byavuze ko ibyo byarimo bitangazwa n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine.

Igisirikare cya Ukraine cyavuze ko muri ibyo bitero harimo ibya misile zarashwe n’indege zifite ndetse na misile zo mu bwoko bwa Ballistiqu.

Hagati aho, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zivuga ko umubare munini w’abasirikare 10.000 ba Koreya ya Ruguru boherejwe mu Burusiya kugira ngo babufashe ku rwanya Ukraine.

Amerika inahamya ko iz’ingabo za Koreya ya Ruguru ko zinjiye mu rugamba rukomeje rubera mu ntara ya Kursk mu Burusiya. Agace kari karigaruriwe n’ingabo za Ukraine.

Tags: Misili ballestiqueU BurusiyaUkraine
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    7 months ago

    A more specific test is isotransferrin buy priligy online usa These xenobiotics can either aggravate the intrahepatic accumulation of fat or accelerate the progression of fatty liver to nonalcoholic steatohepatitis

  2. Ensuent says:
    7 months ago

    Activation of the beta 3 adrenergic receptor increases bladder capacity by relaxing the detrusor smooth muscle during bladder filling can you buy priligy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?