Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 14, 2024
in World News
2
Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bitoroshye namba byibasiye umurwa mukuru wa Ukraine.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ingabo z’u Burusiya zagabye ibitero bya misile kuri Kyiv muri Ukraine, ni amakuru yemejwe n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine aho bagaragaje ko ibyo bitero ari simusiga.

Ni ibitero byakozwe ahar’ejo tariki ya 13/11/2024, bikozwe n’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere.
Bivugwa ko iz’ingabo zabanje kuburira ko misile nyinshi zinjiye mu kirere cya Ukraine zerekeza i Kyiv ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Amakuru avuga ko humvikanye urusaku rw’ibiturika bikomeye, nk’uko Reuters yabitangaje.
Yagize iti: “Iturika ry’ibisasu mu mujyi wa Kyiv, ntiryoroshye! Ingabo zishinzwe kurinda ikirere ziri gukora. Mu gume mu bwihisho!”

Ibi biro ntara makuru by’Abongereza byavuze ko ibyo byarimo bitangazwa n’abayobozi bo hejuru muri Ukraine.

Igisirikare cya Ukraine cyavuze ko muri ibyo bitero harimo ibya misile zarashwe n’indege zifite ndetse na misile zo mu bwoko bwa Ballistiqu.

Hagati aho, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zivuga ko umubare munini w’abasirikare 10.000 ba Koreya ya Ruguru boherejwe mu Burusiya kugira ngo babufashe ku rwanya Ukraine.

Amerika inahamya ko iz’ingabo za Koreya ya Ruguru ko zinjiye mu rugamba rukomeje rubera mu ntara ya Kursk mu Burusiya. Agace kari karigaruriwe n’ingabo za Ukraine.

Tags: Misili ballestiqueU BurusiyaUkraine
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Menya ibyi kiganiro Trump yagiranye na Biden muri White House.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    A more specific test is isotransferrin buy priligy online usa These xenobiotics can either aggravate the intrahepatic accumulation of fat or accelerate the progression of fatty liver to nonalcoholic steatohepatitis

  2. Ensuent says:
    8 months ago

    Activation of the beta 3 adrenergic receptor increases bladder capacity by relaxing the detrusor smooth muscle during bladder filling can you buy priligy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?