• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

minebwenews by minebwenews
June 23, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Iran ibitero yagabye ku birindiro by’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk’uko amakuru ava muri icyo gihugu abivuga.

Byatangajwe na minisiteri y’ingabo ya Qatar, yemeje ko sisitemu yayo y’ubwirinzi bw’ikirere yatsinze igitero cya misile ballestic Iran yagabye muri iki gihugu ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo za Amerika.

Bivugwa ko iki gitero ko cyari cyagabwe kuri base ya gisirikare ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika iherereye ahitwa Al Udeid, muri Qatar.

Ikindi gitero kandi iyi Iran yakigabye muri Iraq ahari ibirindiro n’ubundi by’izi ngabo za Amerika. Gusa, nta yandi makuru yacyo, usibye Iran ko yatangaje ko yakihagabye naho.

Itangazo ryasohowe na minisiteri y’ingabo za Qatar rivuga ko nta bantu bapfuye cyangwa ngo bakomereke, muri icyo gitero cya Iran muri Qatar. Rikomeza rivuga ko ibikorwa byo kuburizamo ibisasu byagenze neza kubufatanye n’inzego zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu.

Ibi byabaye mu gihe ubushamirane hagati ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika na Iran bukomeje kwiyongera, ni mu gihe Iran ishinjwa gutangiza igitero cyo kwihorera nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho ku nganda za nucléaire zayo.

Iyi base ya gisirikare ya Al Udeid iri muzikomeye Amerika ifite mu karere ka Gulf, yakunze gukoreshwa mu bikorwa bya gisirikare byo mu Burasirazuba bwo hagati. Gutsinda icyo gitero bishimangira ubushobozi Qatar ifite mu kwirinda ibitero no gukorana bya hafi n’abo bafatanyije mu by’umutekano.

Nyuma, umutekano warushijeho gukazwa muri Qatar, ariko Leta itangaza ko ibintu byagenze neza, kandi ko nta gihindutse ubuzima bw’abaturage bukomeza nk’uko byari bisanzwe.

Tags: Al UdeidAmerikaIranQatarSisitemu
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?