• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 23, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

You might also like

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Iran ibitero yagabye ku birindiro by’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk’uko amakuru ava muri icyo gihugu abivuga.

Byatangajwe na minisiteri y’ingabo ya Qatar, yemeje ko sisitemu yayo y’ubwirinzi bw’ikirere yatsinze igitero cya misile ballestic Iran yagabye muri iki gihugu ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo za Amerika.

Bivugwa ko iki gitero ko cyari cyagabwe kuri base ya gisirikare ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika iherereye ahitwa Al Udeid, muri Qatar.

Ikindi gitero kandi iyi Iran yakigabye muri Iraq ahari ibirindiro n’ubundi by’izi ngabo za Amerika. Gusa, nta yandi makuru yacyo, usibye Iran ko yatangaje ko yakihagabye naho.

Itangazo ryasohowe na minisiteri y’ingabo za Qatar rivuga ko nta bantu bapfuye cyangwa ngo bakomereke, muri icyo gitero cya Iran muri Qatar. Rikomeza rivuga ko ibikorwa byo kuburizamo ibisasu byagenze neza kubufatanye n’inzego zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu.

Ibi byabaye mu gihe ubushamirane hagati ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika na Iran bukomeje kwiyongera, ni mu gihe Iran ishinjwa gutangiza igitero cyo kwihorera nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho ku nganda za nucléaire zayo.

Iyi base ya gisirikare ya Al Udeid iri muzikomeye Amerika ifite mu karere ka Gulf, yakunze gukoreshwa mu bikorwa bya gisirikare byo mu Burasirazuba bwo hagati. Gutsinda icyo gitero bishimangira ubushobozi Qatar ifite mu kwirinda ibitero no gukorana bya hafi n’abo bafatanyije mu by’umutekano.

Nyuma, umutekano warushijeho gukazwa muri Qatar, ariko Leta itangaza ko ibintu byagenze neza, kandi ko nta gihindutse ubuzima bw’abaturage bukomeza nk’uko byari bisanzwe.

Tags: Al UdeidAmerikaIranQatarSisitemu
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?