Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 23, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

You might also like

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Iran ibitero yagabye ku birindiro by’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk’uko amakuru ava muri icyo gihugu abivuga.

Byatangajwe na minisiteri y’ingabo ya Qatar, yemeje ko sisitemu yayo y’ubwirinzi bw’ikirere yatsinze igitero cya misile ballestic Iran yagabye muri iki gihugu ahari ibirindiro bikomeye by’ingabo za Amerika.

Bivugwa ko iki gitero ko cyari cyagabwe kuri base ya gisirikare ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika iherereye ahitwa Al Udeid, muri Qatar.

Ikindi gitero kandi iyi Iran yakigabye muri Iraq ahari ibirindiro n’ubundi by’izi ngabo za Amerika. Gusa, nta yandi makuru yacyo, usibye Iran ko yatangaje ko yakihagabye naho.

Itangazo ryasohowe na minisiteri y’ingabo za Qatar rivuga ko nta bantu bapfuye cyangwa ngo bakomereke, muri icyo gitero cya Iran muri Qatar. Rikomeza rivuga ko ibikorwa byo kuburizamo ibisasu byagenze neza kubufatanye n’inzego zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu.

Ibi byabaye mu gihe ubushamirane hagati ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika na Iran bukomeje kwiyongera, ni mu gihe Iran ishinjwa gutangiza igitero cyo kwihorera nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho ku nganda za nucléaire zayo.

Iyi base ya gisirikare ya Al Udeid iri muzikomeye Amerika ifite mu karere ka Gulf, yakunze gukoreshwa mu bikorwa bya gisirikare byo mu Burasirazuba bwo hagati. Gutsinda icyo gitero bishimangira ubushobozi Qatar ifite mu kwirinda ibitero no gukorana bya hafi n’abo bafatanyije mu by’umutekano.

Nyuma, umutekano warushijeho gukazwa muri Qatar, ariko Leta itangaza ko ibintu byagenze neza, kandi ko nta gihindutse ubuzima bw’abaturage bukomeza nk’uko byari bisanzwe.

Tags: Al UdeidAmerikaIranQatarSisitemu
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump nyuma y'aho Iran igabye igitero gikaze ku birindiro...

Read moreDetails

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by'ingabo z'Amerika. Bidasubirwaho igisirikare cya Iran cyagabye igitero gikomeye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika biherereye muri Qatar n'ibiri muri Iraq....

Read moreDetails

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo...

Read moreDetails

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi. Perezida w'u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko Ukraine n'u Burusiya ko ari igihugu kimwe, kandi ko bidashobora gutandukanywa. Ni amagambo yatangaje ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?