• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2024
in World News
0
Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa biramukiye mu bice byo muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ibitero byagabwe ahatuwe n’abaturage benshi, mu duce duherereye muri teritware ya Rutshuru, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa m23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka.

Kanyuka yavuze ko ibi bitero by’i huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo ko byibasiriye Abaturage bo mu gace ka Kikuku, Kibirizi, Vitshumbi, Rwindi no mu duce dukikije aho hafi.

Kandi avuga ko ibyo bitero ko byagabwe n’ingabo zirimo iz’u Burundi, FDLR, FARDC Abancancuro, Wazalendo na SADC.

Kanyuka watanze ubu butumwa akoresheje urubuga rwa x, yahamagariye imiryango mpuzamahanga n’imiryango ikora mu butabazi kugira icyo bakora kuko ibyo bitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kugiraho ingaruka mbi abaturage.

Yagize ati: “Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya (AFC), rira hamagarira akarere, abafatanya bikorwa mpuzamahanga n’imiryango ikora mu butabazi kugira ngo bibone ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira abaturage.”

Ubu butumwa busoza buvuga ko ingabo z’impinduramatwara za ARC ziri kurwana mu buryo bwo kurinda abaturage ba basivile no kurinda ibyabo.

Ibyo bitero bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryari ryagabye ibitero muri kamwe muri utu duce twongeye kugabwamo ibitero ka Kikuku, maze birangira m23 yirwanyeho, iza no gusubiza inyuma ibyo bitero.

          MCN.
Tags: BiramukiyeIbiteroIhuriro ry'Ingabo za RDCKikukuRutshuruVitshumbi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.

Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?