• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC, i Kilolirwe, byari bikaze mu gihe i Kinshasa ho, bari mu kirori cy’intsinzi ya Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
December 31, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, mu gihe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hari ibirori byo gutangaza ko Perezida Félix Tshisekedi, yatsinze amatora yo kw’itariki 20/12/2023, y’u mukuru w’i Gihugu, muri Masisi ho hari imirwaro.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

N’i bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, ba bigabye i Kilolirwe no mu nkengero zaho, muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru yanemejwe na perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bo ngeye kurasa ibisasu biremereye mu Mihana myinshi, ibarizwa muri Localite ya Kilolirwe no munkengero zaho.”

Yunzemo kandi ati: “ARC/M23, ikomeje kurwana kinyamwuga irwanirira n’abaturage n’ibyabo.”

Ibitero bya FARDC, FDLR, Wagner, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, baheruka gukoresha Indege z’intambara, k’u wa Gatatu, tariki 27/12/2023, batera ibisasu byinshi muri Localité ya Mushaki na Karuba, ibi bisasu byasize byishe abaturage harimo n’abandi batanu bakomeretse bikabije.

Gusa umutwe wa M23, uheruka gutangaza ko bagiye gukora ubutabazi bw’ihuse ahari ho hose bazumva ko abaturage bari kwicwa bazira ubwoko bwabo.

U mutwe wa M23, watangaje ibi binyuze ku muvugizi wayo mu bya gisirikare, major Willy Ngoma.

Yagize ati: “Leta ya Kinshasa, ikoresheje Wazalendo, FDLR n’ingabo z’u Burundi, bari mu kw’ica abasivile abenshi bicwa bazira ubwoko bwabo. Ibi nti tuzabyihanganira, tuza byitanga imbere.”

Yunzemo kandi ati: “Ahariho hose mu Ntara zose za Congo, tuzumva ko abaturage, bari kwicwa tuzajayo tubatabare.”

Bruce Bahanda.

Tags: I Kilolirwe hari ibitero bikaze bya FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

RDC ngo y'aba iri kw'itegura ku rwanya ubutegetsi bw'u Rwanda, ikoresheje Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?