• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibitero by’indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 byakajijwe muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatandatu.

minebwenews by minebwenews
November 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yongeye kubura muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatandatu, tariki 11/11/2023, n’imirwano ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo), barimo gukoresha Indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Byavuzwe ko ibi bitero by’indege byagabwe mubice byo muri Groupement ya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko umwe mubasirikare b’u mutwe wa M23 yabwiye Minembwe Capital News, yavuze ko biriya bitero by’indege byagabwe mugace neza naneza kitwa Emmaus ko muri Kibumba agace gatuwe n’abaturage benshi. Uriya wabwiye Minembwe Capital News yanemeje ko ingabo z’u mutwe wa M23 zikomeje kurwana kubaturage n’ibyabo.

Ibi bitero by’indege by’igisrikare ca FARDC bibyukiye M’uburasirazuba bwa RDC, byanemejwe n’umuvugizi wa ARC/M23 mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka aho yagize ati: “Muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatandatu, ahagana isaha zakare 6:25Am, Ingabo za leta ya Kinshasa zasutse ibi Bomba by’indege z’intambara, mubice bya Kibumba, Buhumba, muri teritwari ya Nyiragongo nomubice byomuri Kilolirwe, muri teritwari ya Masisi.”

Yunze kandi ati: “Ingabo z’umutwe wa ARC/M23, dukomeje kurwana kubaturage n’ibyabo.”

Kuva kumunsi w’ejo hashize tariki 10/11/2023, abaturage baturiye ibyo bice bakomeje kwidogera leta ya Kinshasa iheruka kubasukaho ibi Bomba aho ndetse bamwe bapfuye abandi barakomereka bikabije.

Muricyogihe abaturage baganiriye na Minembwe Capital News, batubwiye ko bamwe mubaturage baturiye ibyo bice kobakomeje guhunga bava mubice bimwe bakaja mubindi batinya ubukana bw’ibitero by’indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 za FARDC yaguze mubushinwa.

Twabibutsako ibitero by’indege z’intambara z’igisrikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, byongereye ubukana bw’ibitero kuri uyu wa Kane, tariki 09/11/2023, kugeza uy’umunsi, k’uwa Gatandatu, tariki 11/11/2023.

By Bruce Bahanda.

Tags: Ibitero by'indege z'intambara zom'ubwoko bwa SUKHOÏ-25 byakajijwe muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatandatu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi, yahamagariye Minisitiri w'ubanye n'amahanga na Minisitiri w'ingabo, gukora ibishoboka byose kugira ngo ingabo za SADC zize muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?