• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero by’indege z’itagira abapilote by’ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, bikomeje kugabwa mu bice byo muri Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Ibitero by’indege z’itagira abapilote by’ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, bikomeje kugabwa mu bice byo muri Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muriki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20/01/2024, mu bice bituyemo abaturage byo muri teritware ya Masisi, biri kuraswamo ibi Bomba biremereye.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bibomba biri kuraswa n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo harimo n’Ingabo za SADC aho bimaze kumenyekana ko operasiyo ihuriyemo Ingabo za SADC n’Ingabo za RDC ndetse n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo n’Imbonerakure z’u Burundi, yo kurwanya M23 ko yamaze gutangira, nk’uko byemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, k’u munsi w’ejo hashize, ubwo ririya huriro ryari rimaze kwangiriza ibikorwa remezo by’abaturage.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC, ibitero byabo bikomeje kwica abasivile no kubasenyera ibyabo muri Masisi. Uburyo barasa bihabanye n’ibitero bya gisirikare.”

Ahagana isaha z’igitondo cyo k’uwa Gatanu, tariki ya 19/01/2024, ibibomba bya SADC na FARDC byarashwe mu bice bya Mushaki, Kilolirwe n’u muhanda wa Sake-Kitchanga, muri teritware ya Masisi, bikaba byarasize byangirije byinshi harimo ko amatungo y’abaturage Inka, Ihene n’Intama byapfuye mugihe imirima yo, n’inyubako zitandukanye zasenyaguritse bikabije.

K’u mugoroba w’ejo hashize, ibi bitero byaje gukomereza mu Mujyi wa Kitchanga na Karuba muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru yemeza ko kugeza ubu ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC bakomeje kurwanisha indege z’itagira abapilote arizo drone ndetse n’Indege z’intambara zom’ubwoko bwa Sukhoï-25 na Sukhoï-24.

Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News avuga ko i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haraye hageze indege z’intambara zivanwe i Kinshasa m’urwego rwo kugira bunganire izari zisanzwe i Goma.

K’urundi ruhande urubuga rwa Repubulika ya Katanga rwa tangaje ko inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï Malaïka, ufitanye isano n’umutwe wa Alliance Fleuve Congo,wa Corneille Nangaa, uheruka gutangaza ko agamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa, zigaruriye agace ka Salamabila gaherereye mu Ntara ya Manyema, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu gihe biteganijwe ko kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20/01/2024, perezida Félix Tshisekedi ari burahirire kuyobora manda ya kabiri.

Bruce Bahanda.

Tags: Bikomeje kwangirizaIbitero by'indege z'itagira AbapiloteMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare c’u Burundi, kiravugwaho gushaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Igisirikare c'u Burundi, kiravugwaho gushaka gutera i Gihugu c'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?