• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibivugwa ku gitero FARDC n’abambari bayo bagabye mu Mikenke.

minebwenews by minebwenews
August 31, 2025
in Conflict & Security
0
Hamenyekanye ibyabaye ku ngabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, nyuma y’uko zigabye igitero mu Mikenke.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku gitero FARDC n’abambari bayo bagabye mu Mikenke.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Nyuma y’aho ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zari zigize iminsi zigaba ibitero mu duce dutandukanye tw’i Mulenge tugenzurwa n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho, uyu munsi nabwo zahagabye ikindi ariko zihita zisubira inyuma nta hangana rihabaye.

Mu gitondo cya kare cyo kuri iki cyumweru tariki ya 31/08/2025, ni bwo kiriya gitero cya FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo cyagabwe mu gace ka Bilalombiri.

Iyi Bilalombiri, ni agace kamwe mu tugize igice cya Mikenke kibarizwa muri secteur ya Itombwe, teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Isanzwe igenzurwa n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho, kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, nyuma y’aho uyu mutwe uhirukanye izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Mu gatondo, iri huriro ryagabye igitero muri iki gice cya Bilalombiri, mu kukigaba bateye ibisasu bakiri mu ntera ya kure n’aho Twirwaneho yari iherereye. Ibi byatumye abagabye kiriya gitero bongera gusubira inyuma ntahangana bakoze hagati yabo n’uru ruhande bateye.

Ubuhamya twahawe bugira buti: “FARDC n’abambari bayo bateye ku Bilalombiri, ariko basubiye inyuma Twirwaneho itabasubije.”

Ubuhamya kandi buvuga ko umwanzi yateraguye gusa ibisasu, kandi ko yarimo abirasira mu ntera ndende.

Ibyo bibaye mu gihe kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru, aha muri iki gice hakomeje kugabwa ibitero, ariko uruhande rwa Twirwaneho ruhagenzura bakabisubiza inyuma.

Ku wa gatatu ho, imirwano hagati y’impande zombi muri iki gice yirije umunsi wose, birangira nanone uruhande rwa Leta ruyabangiye ingata.

Ahandi hagiye hagabwa ibitero, ariko bigasubizwa inyuma ni mu Rugezi, Kalongi, Mukoko, Bicumbi n’ahandi.

Nyamara nubwo ibyo bitero byagiye bihagabwa, ariko kugeza ubu uyu mutwe uracyagenzura biriya bice byose, ndetse n’iki gice cya Mikenke n’inkengero zacyo, nk’uko amakuru ava muri ibyo abihamya.

Tags: BilalombiliIgiteroMikenke
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?