• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Ibivugwa ku masezerano hagati y’u Rwanda na Bayern Munich.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 11, 2025
in History
0
Ibivugwa ku masezerano  hagati y’u Rwanda na Bayern Munich.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku masezerano hagati y’u Rwanda na Bayern Munich.

You might also like

Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

Umukinnyi Rodrygo Manchester City yiteguy kumwinjiza mu buzima bushya!

Crystal Palace yanditse amateka mu gikombe cya Community Shield 2025.

Amakuru akomeje gutangazwa hirya no hono ku isi nay’impinduka zikomeye zabaye ku masezerano yari hagati ya Bayern Munich n’u Rwanda.

Nk’uko bisanzwe Bayern Munich n’ikipe iri mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye yo mu Budage ndetse no ku isi. Iyi kipe yagiranye amasezerano na Leta y’u Rwanda, aho ahanini ashingiye ku kirango cya “Visit Rwanda” kigashyirwa ku myambaro ya Bayern Munich; aya masezerano yari amaze imyaka itanu, ariko bivugwa ko yahinduwe kubera amakimbirane yatewe n’imvugo n’ibirego byagiye bivugwa n’abafana ndetse n’itangazamakuru ryo muri iki gihugu cy’u Budage.

Ibi byatumye Bayern Munich ifata icyemezo cyo kugabanya ikoreshwa ry’ikirango cya “Visit Rwanda” ku myambaro yayo.

Hanyuma impande zombi zahita zigirana andi masezerano, yo akazibanda ku guteza imbere impano z’abana b’u Rwanda binyuze muri FC Bayern Academy i Kigali.

Ni imyitozo bemezanyije ko izaba irimo n’amahugurwa y’abariya bana bafite impano z’umupira w’amaguru.

Ibi bikaba ari intambwe ifatika mu gukomeza ubufatanye hagati y’u Rwanda na Bayern Munich, ubundi kandi, bizafasha igihugu, ndetse no mu iterambere ry’urubyiruko, umuco n’iterambere rirambye mu mupira w’amaguru mu Rwanda.

Hagataho, iyi nzira nshya ikaba itanga icyizere cy’uko ubufatanye buzagera ku ntego z’uburezi n’imikino, nubwo habayeho gusubira inyuma ku bijyanye no kwamamaza.

Ni intambwe yerekana kandi uburyo amasezerano ashobora guhinduka no gucungwa neza hashingiwe ku bihe n’imiterere y’imibanire y’ibihugu n’amakipe, igamije inyungu rusange z’impande zombi.

Tags: AmasezeranoBayern MunichVisit Rwanda
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n'umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye! Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez baribamaze imyaka 9 bari murukundo, ubu amakuru yizewe avugako bamaze gushyingiranwa byemewe...

Read moreDetails

Umukinnyi Rodrygo Manchester City yiteguy kumwinjiza mu buzima bushya!

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Umukinnyi Rodrygo Manchester City yiteguy kumwinjiza mu buzima bushya!

Umukinnyi Rodrygo Manchester City yiteguye kumwinjiza mu buzima bushya! Umukinnyi w’umunya-Brazil Rodrygo Goes, 24, ari kuvugwa cyane ku isoko ry’iyi mpeshyi nyuma y’uko amakuru atangiye kumuhuza na Manchester...

Read moreDetails

Crystal Palace yanditse amateka mu gikombe cya Community Shield 2025.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Crystal Palace yanditse amateka mu gikombe cya Community Shield 2025.

Crystal Palace yanditse amateka mu gikombe cya Community Shield 2025. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 10/08/ 2025, kuri sitade ya Wembley iherereye i Londres mu Bwongereza, habereye umukino...

Read moreDetails

Iby’Umukinnyi watangiye ibye mu munezero bikarangira bimuhindukiye amarira.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Iby’Umukinnyi watangiye ibye mu munezero bikarangira bimuhindukiye amarira.

Iby'Umukinnyi watangiye ibye mu munezero bikarangira bimuhindukiye amarira. Héritier Luvumbu Nzinga, umukinnyi w’umupira w’amaguru w'Umunyekongo, yinjiye mu ikipe ya Rayon Sports mu 2021, agaragara nk’umwe mu bakinnyi b’ingenzi...

Read moreDetails

Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge.

Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge. Mu misozi miremire y'i Mulenge, mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo-ahunamiye ibibaya bikikije ikiyaga cya Tanganyika, hatuye Abanyamulenge bafite...

Read moreDetails
Next Post
Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n'umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?