• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zapfuye ku bwinshi i Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 21, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zapfuye ku bwinshi i Masisi.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo z’u Burundi zapfuye ku bwinshi i Masisi.

You might also like

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa zigwiriyemo iz’u Burundi n’inyeshyamba zo muri FDLR zaguye mu mutego w’abarwanyi bo mu mutwe wa M23 mu bice byo muri teritware ya Masisi, izibarirwa mu magana zihasiga ubuzima.

Amasoko yacu atandukanye avuga ko mu gitondo cy’ahar’ejo tariki ya 20/01/2025, ingabo z’u Burundi na FDLR zasabye ubuyobozi bwa FARDC kubareka bakagenda bonyine kuja kwisubiza centre ya Masisi iheruka gufatwa na M23.

Bivugwa ko babwiye FARDC ko ari bo bashobora kubohoza iriya centre ngo kuko abo bahanganye bo muri m23 bahuje ururimi.

Ariko bikavugwa ko m23 yamenye aya makuru mbere y’uko icyo gitero kirimo ingabo z’u Burundi n’iza FDLR gihaguruka giturutse mu bice bigenzurwa n’uruhande rwa Leta.

Nyuma iki gitero cyaraje kigeze mu ntera ngufi n’ibitaro bikuru bya teritware ya Masisi kigwa mu gico cy’abarwanyi ba M23. Icyakurikiyeho ni umuborogo w’abasirikare b’u Burundi na FDLR.

Amakuru amwe avuga ko ingabo z’u Burundi na FDLR zapfiriye muri aka gace zitari munsi y’amagana atanu. Mu gihe ku rundi ruhande bivugwa ko nta warokotse, hubwo ko n’utarapfuye yafashwe matekwa.

M23 kandi yabambuye n’ibikoresho byinshi byagisirikare, birimo imbunda, amasasu n’ibikoresho bikoreshwa mu itumanaho.

Ubwo ibyo byabaga, mu nkengero za Sake hari imirwano iremereye aho yarimo yumvikanamo imbunda zikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta. Iyi mirwano yanasize umutwe wa M23 wigaruriye uduce twose twunamiye centre ya Sake iri mu birometero nka 27 uvuye mu mujyi wa Goma.

Nanone kandi ahar’ejo indi mirwano ikomeye yavuzwe muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Minembwe.com yabashe no kumenya ko abapolisi n’abasirikare bari bashinzwe umutekano mu duce twa Bitonga, Bwerimana, Bishange, Kabalegesha n’ahandi bahungiye mu mujyi wa Minova. Ubundi utwo duce twose M23 iratwigarurira.

Akandi gace M23 yigaruriye muri Kalehe ni umusozi wa Buragiza uriho ikibuga cy’indege.

Si aho gusa kuko uyu mutwe wafashe n’umujyi Minova harimo kandi ko wafashe n’inkengero zayo.

Tags: Ingabo z'u BurundiM23
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
M23 nyuma yogufata umujyi wa Minova yafashe utundi duce twingenzi muri Kivu y’Epfo.

M23 nyuma yogufata umujyi wa Minova yafashe utundi duce twingenzi muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?