• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

minebwenews by minebwenews
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

You might also like

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

Nyuma y’uko mu nshe za Rugezi no mu nkengero zayo hari hamaze iminsi hatumvikana urusaku rw’intwaro, ku munsi w’ ejo Wazalendo baharasiye amasasu menshi n’ubwo bitatwaye umwanya munini.

Ni bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse twahawe kuri minembwe Capital News, aho bugira buti: “Nyuma y’icyumweru cyose twari dufite agahenge, ahar’ejo hongye kumvikana ibiturika byinshi.”

Aya makuru agaragaza neza ko ibi biturika byarimo byumvikanira mu Kabanju haherereye mu ntera ngufi uvuye mu Rugezi.

Ati: “Mai Mai yarasiye mu Kabanju. Twamenye ko bari basubiranyemo, ariko barwana akanya gato.”

Imbunda ziheruka kumvikana muri ibyo bice mu cyumweru cyo hirya y’iki gishize, n’ubundi zari iza Mai Mai yari yasubiranyemo.

Isubiranamo ryabo ryabereye i Gasiro mu birometero nka bitanu uvuye mu Rugezi kwa Sabune no mu Kabunju aha tuvuze barwaniye n’ejo ku wa mbere.

Kimwecyo, ku nshuro ya mbere bisa nibyari bikomeyeho, kuko byanatwaye ubuzima bw’abantu barenga bane, ni mu gihe i Gasiro haguye umukomanda umwe n’umugore ufitanye isano rya bugufi na Col-Ngomanzito umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke.

Naho mu Kabanju hapfuye abakomando babiri, ndetse umwe umurambo we utabwa mu ruzi rurawutwara, nk’uko amakuru yabivuze icyo gihe.

Nyamara kuri uyu wa mbereho, usibye amasasu menshi yamvikanye umwanya utari munini, nta kindi amakuru atugaragariza cyangijwe, usibye ibyo biturika no kumenya ko ari Mai-Mai-Biroze-Bishambuke yasubiranyemo.

Ku rundi ruhande haracyari agahenge mu Rugezi ahanini mu bice byayo bigenzurwa n’u ruhande rwa Twirwaneheho na M23.

Si mu Rugezi honyine hari agahenge, kari no mu bindi bice bigenzurwa n’iy’i mitwe yombi nka Minembwe centre no mu nkengero zayo, ndetse na Mikenke.

Ubundi kandi abakozi b’indege ya gisivile iheruka kugabwaho igitero cya drone y’Ingabo za RDC mu cyumweru gishize mu Minembwe, kikayihindura umuyonga yose ariko bo kubw’amahirwe bakarokoka, ku munsi w’ejo nyine ku wa mbere babonye indi irahabakura ibasubiza iyo bari baje baturuka.

Hagataho, muri ibi bice hari amakuru yatangiye kubivugwamo mu mpera zakiriya cyumweru gishize, agaragaza ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko buri gutegura kubigabamo ibitero.

Ni amakuru anahamya ko Ingabo ubu butegetsi bwateguye kugaba ibyo bitero, zimwe zizaturuka i Kindu mu ntara ya Manyema, i Kalemi mu ntara ya Tanganyika n’i Uvira muri iyi ntara ya Kivu y’Epfo iherereyemo na Minembwe.

Tags: IbiturikaLurengeRugezi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje Abaturage b’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe, kari mu misozi miremire y'i...

Read moreDetails
Next Post
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?