• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

minebwenews by minebwenews
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Nyuma y’uko mu nshe za Rugezi no mu nkengero zayo hari hamaze iminsi hatumvikana urusaku rw’intwaro, ku munsi w’ ejo Wazalendo baharasiye amasasu menshi n’ubwo bitatwaye umwanya munini.

Ni bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse twahawe kuri minembwe Capital News, aho bugira buti: “Nyuma y’icyumweru cyose twari dufite agahenge, ahar’ejo hongye kumvikana ibiturika byinshi.”

Aya makuru agaragaza neza ko ibi biturika byarimo byumvikanira mu Kabanju haherereye mu ntera ngufi uvuye mu Rugezi.

Ati: “Mai Mai yarasiye mu Kabanju. Twamenye ko bari basubiranyemo, ariko barwana akanya gato.”

Imbunda ziheruka kumvikana muri ibyo bice mu cyumweru cyo hirya y’iki gishize, n’ubundi zari iza Mai Mai yari yasubiranyemo.

Isubiranamo ryabo ryabereye i Gasiro mu birometero nka bitanu uvuye mu Rugezi kwa Sabune no mu Kabunju aha tuvuze barwaniye n’ejo ku wa mbere.

Kimwecyo, ku nshuro ya mbere bisa nibyari bikomeyeho, kuko byanatwaye ubuzima bw’abantu barenga bane, ni mu gihe i Gasiro haguye umukomanda umwe n’umugore ufitanye isano rya bugufi na Col-Ngomanzito umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke.

Naho mu Kabanju hapfuye abakomando babiri, ndetse umwe umurambo we utabwa mu ruzi rurawutwara, nk’uko amakuru yabivuze icyo gihe.

Nyamara kuri uyu wa mbereho, usibye amasasu menshi yamvikanye umwanya utari munini, nta kindi amakuru atugaragariza cyangijwe, usibye ibyo biturika no kumenya ko ari Mai-Mai-Biroze-Bishambuke yasubiranyemo.

Ku rundi ruhande haracyari agahenge mu Rugezi ahanini mu bice byayo bigenzurwa n’u ruhande rwa Twirwaneheho na M23.

Si mu Rugezi honyine hari agahenge, kari no mu bindi bice bigenzurwa n’iy’i mitwe yombi nka Minembwe centre no mu nkengero zayo, ndetse na Mikenke.

Ubundi kandi abakozi b’indege ya gisivile iheruka kugabwaho igitero cya drone y’Ingabo za RDC mu cyumweru gishize mu Minembwe, kikayihindura umuyonga yose ariko bo kubw’amahirwe bakarokoka, ku munsi w’ejo nyine ku wa mbere babonye indi irahabakura ibasubiza iyo bari baje baturuka.

Hagataho, muri ibi bice hari amakuru yatangiye kubivugwamo mu mpera zakiriya cyumweru gishize, agaragaza ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko buri gutegura kubigabamo ibitero.

Ni amakuru anahamya ko Ingabo ubu butegetsi bwateguye kugaba ibyo bitero, zimwe zizaturuka i Kindu mu ntara ya Manyema, i Kalemi mu ntara ya Tanganyika n’i Uvira muri iyi ntara ya Kivu y’Epfo iherereyemo na Minembwe.

Tags: IbiturikaLurengeRugezi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?