• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibura rya mazi mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ryateye abenshi guhangayika.

minebwenews by minebwenews
May 11, 2024
in World News
0
Ibura rya mazi mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ryateye abenshi guhangayika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibura rya mazi mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ryateye abenshi guhangayika.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ukuva ku wa Kane w’iki Cyumweru turimo, nibwo amazi yatangiye kuba ingorabahizi, nk’uko ay’amakuru dukesha abaturage baturiye utwo duce abivuga.

Bavuga ko ahanini ay’amazi yabuze mu gace ka Munigi, no mu tundi duce turi mu nkengero zayo, ho muri teritware ya Nyiragongo.

Kandi ko iki kibazo cy’ibura ry’amazi cyafashe indi ntera mu minsi ibiri ishize.

Nk’uko aba baturage babibwiye Minembwe Capital News bavuga ko ibura ry’amazi rihangayishije cyane abadamu n’abakobwa.

Bagasobanura ko mu kuja kuyashaka bibatwara ahantu harehare. Bityo bagasaba ubuyobozi bwa leta kubagoboka no gukora ibishoboka byose bakabashakira uburyo babona amazi.

Hagati aho ibisasu byatewe i Kibirizi birashwe n’ingabo zu ruhande rwa leta ya Kinshasa biri kuvugwa ko byishe abasivile bo muri ibyo bice. Kimweho nta mubare uratangazwa wabaguye muri iryo tegwa ry’ibisasu.

Ibyo bisasu bikaba byaratewe ahagana isaha z’u mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, nk’uko sosiyete sivile yo muri ibyo bice ibivuga.

           MCN.
Tags: AmaziIbura rya maziMunigi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.

Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w'u bukungu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?