• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

minebwenews by minebwenews
February 3, 2025
in Regional Politics
0
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.
130
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Abarwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu bavuye mu bice bya Fizi na Mwenga, kugira ngo iki gice kidafatwa n’umutwe wa M23, bakaba bahamagajwe na Lieutenant General Pacifique Masunzu ukuriye zone ya gatatu y’ingabo za Congo, kuri ubu akaba ariwe uyoboye urugamba ingabo z’iki gihugu zihanganyemo n’uyu mutwe wa M23 muri Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’uku kwezi turimo nibwo umutwe wa M23 winjiye muri Kivu y’Amajy’epfo, nyuma y’uko wari umaze gufata umujyi wa Minova uherereye muri teritware ya Kalehe aho uyu mutwe ukomeje imirwano werekeza mu bice bya Bukavu.

Mu gihe uyu mutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi byo muri iyi teritwari ya Kalehe, kandi ukaba uri kwerekeza i Bukavu kugira ngo uhabohoze hose, byavuzwe ko ari byo byatumye Lt Gen Masunzu ahamagaza abakuriye imitwe y’abarwanyi ba Maï-Maï mu rwego rwo kugira ngo bafatanye n’ingabo z’u Burundi, FARDC na FDLR kurinda uyu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara no kurinda kandi ikibuga cy’indege cyo muri iki gice.

Minembwe.com yamaze kumenya neza ko abarwanyi ba Maï-Maï batanze uwo musaada barimo Kibukira warebaga igice kinini cya Mikenke, Mibunda, u Lulenge n’i Cyohagati, bakabamo kandi na Kakobanyi nawe warebaga ikindi gice Cyohagati, kirimo za Ngoma na Mutambara ndetse na Ngomanzito warebaga mu Rugezi, Kabanju n’utundi duce duke two mu Lulenge.

Aya makuru akomeza avuga ko aba barwanyi bamwe muri bo bamaze kugera i Kavumu no mu mujyi wa Bukavu, abandi bagumishwa muri Kamanyola ndetse no mu bindi bice byo muri Plaine. Bakaba bagamije kurwanya umutwe wa M23 uheruka gufata umujyi wa Goma wo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Andi makuru avuga ko atari Maï-Maï yonyine yatanze uyu musaada hubwo ko n’ingabo z’u Burundi ko zakomeje kwiyongera muri ibi bice kabone nubwo ntacyo zigeze zifasha ubwo zoherezwaga i Goma kandi gufatanya na Wazalendo, abacanshuro, SADC na FARDC, ariko bikarangira icyo gice cyigaruriwe n’umutwe wa M23.

Kurundi ruhande bamwe mu banya-politiki batangiye guhunga bava mu mujyi wa Bukavu, bagana mu bihugu by’u Burayi. Abahunze nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga barimo Dr Denis Mukwege n’abandi.

Ubundi kandi umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi ahar’ejo watanze ubutumwa uburira abantu babo bari i Bukavu kuhahunga ngo kuko iki gice cyenda kwigarurirwa n’umutwe wa M23.

Kuri ubu imirwano hagati y’uyu mutwe wa M23 n’uruhande rwa Leta, iri kubera mu duce two muri teritware ya Kalehe uduhana imbibi na teritware ya Kabare izwi ko ifite uduce twinjira mu mujyi wa Bukavu.

Tags: BukavuFiziKavumuMai Mai
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.

Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n'i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?