• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2025
in Conflict & Security
1
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Mu bigo by’ingabo za SADC i Goma mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, byasanzwemo abasirikare ba Leta y’i Kinshasa (FARDC) n’aba Wazalendo, bikaba byahise bifatwa nk’ubugambanyi buri kurwego rwo hejuru.

Ahagana mu kwezi kwa gatatu mu mpera zako, abayobozi ba AFC/M23 bagiranye ikiganiro n’abayobozi bahagarariye abagaba bakuru b’ingabo zo mu muryango wa SADC.

Muri icyo kiganiro AFC/M23 yemera ko izafasha ingabo za SADC ziri muri RDC gutaha mu bihugu byabo, zikajyana n’intwaro n’ibindi bikoresho byagisirikare ariko zigasiga ibikoresho bya gisirikare by’ingabo za Congo.

Ibi byaje kuzamo agatotsi nyuma y’aho AFC/M23 ishinje ingabo za SADC kugira uruhare mu bitero iherutse kugabwaho mu mujyi wa Goma.

Ubwo M23 yatsindaga abo mu ihuriro ry’ingabo za Congo, abarenga 15.000 bahungiye mu bigo by’ingabo za SADC biherereye mu mujyi wa Goma.

Byaje kuba ngombwa ko M23 ibasangamo, ibyatumye inasaka muri ibyo bigo kugira ngo abo bari guteza umutekano muke bakurwemo.

Umwe mu basirikare bari mu butumwa bwa SADC wavuze ko arambiwe ubugambanyi ingabo zabo zikomeje gukorera M23, yavuze ko ubwo ingabo za M23 zageraga mu bigo byabo basanze amagana y’ingabo za Fardc n’abo muri Wazalendo baratujwe muri ibyo bigo, hagamijwe gutegura ibitero kuri uyu mutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Izo ngabo zikaba ziri kwinjandika mu bikorwa bihungabanya umutekano mu Burasizuba bwa Congo, mu gihe tariki ya 13/04/2025, abakuru b’ingabo za SADC bafashe umwanzuro wo guhagarika ubutumwa bw’uyu muryango muri RDC bwari bwaratangiye mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2023, basaba izi ngabo gutaha mu byiciro.

Ibi kandi bibaka bibaye mu gihe SADC yari yasabye u Rwanda guha inzira ingabo zayo ziri mu Burasizuba bwa Congo mu gihe zizaba zitashye, ibintu u Rwanda rwemeye.

Ariko kandi izi ngabo za SADC nubwo zemeye guhagarika ubutumwa bwayo nta kintu na kimwe kigaragara ko izo ngabo zizava vuba mu mujyi wa Goma, kuko zikomeje kwifatanya n’ihuriro rya Congo mu bikorwa bihungabanya umutekano mu bice M23 igenzura.

Ubundi kandi nubwo SADC igaragaza ko iri mu murongo umwe na AFC/M23, bakava muri RDC, ku rundi ruhande bivugwa ko ko iri gukorana n’ubutegetsi bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bateza umutekano muke mu mujyi wa Goma nk’uburyo bwo kuwigarurira.

Ni mu gihe bivugwa ko Monusco gucumbikira ingabo za Congo biri mu rwego rwo kugira ngo bategura kugaba ibitero kuri AFC/M23, uyu mugambi ukaba ushobora kuba urimo na FDLR na Wazalendo.

Bivugwa kandi ko Monusco icumbikiye ingabo za Congo zatsinzwe zigera ku 1700 mu gihe izigera ku 3000 ziri mu butumwa bwa SAMIDRC ari zo ziri i Goma.

Tags: FardcGomaIbigoSADC
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Burundian Forces in Fizi Target Banyamulenge Youth, Warn Against M23 Alliance

Banyamulenge Defend Minembwe as Congolese Forces Fail Easter Sunday Assault

Comments 1

  1. Muhoza Willy says:
    9 months ago

    Ikigaragara nuko SADC ihuje umugambi mubisha Na Tchisekedi kugira ngo M23/AFC batsindwe cg be kugera Ku mahoro uko bayifuza ubwo rero M23 nishake uko yatandukanya izo nkozi z’ ibibi hakiri kare atari ibyo umutekano muke uzahoraho muri biriya bice

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?