• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibya Col. Lwamba ukuriye brigade ya 21 mu Minembwe urembeye Uvira.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2025
in Uncategorized
0
Ibya Col. Lwamba ukuriye brigade ya 21 mu Minembwe urembeye Uvira.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya Col. Lwamba ukuriye brigade ya 21 mu Minembwe urembeye Uvira.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Colonel Jean Pierre Lwamba, umusirikare mu ngabo za Congo, ukuriye brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, arembeye muri Uvira aho yagiye kwivuriza nyuma y’aho avanywe mu Minembwe yikorewe ku gipoyo.

Mu Cyumweru gishize ni bwo Col. Lwamba yavanywe mu Minembwe, arwaye cyane.

Ubwo yamanuwe Uvira yikorewe ku gipoyo, byavuzwe ko yari yarwaye bikomeye, ni mu gihe yari yabyimbye inda, ubundi kandi yarimo aruka cyane amaraso.

Amaze kugezwa Uvira yahitijwe mu bitaro bikuru byaho. Hari amakuru avuga ko uyu musirikare wakoreye ibyaha bikomeye byo mu ntambara mu Banyamulenge mu Minembwe arwaye cyane, kuko ahar’ejo yarimo areberwa ku jisho aho barimo babona ko agiye gupfa.

Ndetse n’uyu munsi hari amakuru yakomeje guca ku mbuga avuga ko uriya musirikare yaba yapfuye, ariko ntibyari ukuri.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, amasoko yacu avuga ko yavanywe mu bitero bikuru bya Uvira aho yarimo avurirwa ajanwa kuri Secteur. Ariko bikavugwa ko yaba ari gushaka Feuille de route(urupapuro rw’inzira) i mujama i Bukavu kugira ngo aje kwitabweho bihagije.

Biranavugwa kandi ko uyu musirikare arwaye “tension.”

Abanyamulenge bashinja Col.Lwamba kwica abasivile mu Minembwe, gusahura ibyabo, no kwica Inka zabo.

Tariki ya 28/11/2024, ingabo ze zagabye ibitero bikomeye mu baturage Babanyamulenge baturiye mu Kalingi. Nyuma y’ubu kandi uyu musirikare ubwe wenyine, yayoboye ibitero abigaba mu mihana y’Abanyamulenge irimo i Lundu, Lwiko, Runundu kuri Evomi ndetse no kuri Ugeafi.

Ibyo bitero byaguyemo abasivile Babanyamulenge, ubundi ingabo ze zisahura ibintu mu mazu y’abaturage bari bahunze.

Tags: ArembeyeCol LwambaUvira
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi n’ingabo ze biyemeje gukora amateka, mu rugamba barimo na M23.

Ibyaha Leta ya Kinshasa iri gukora byo mu ntambara byashyizwe ku karubanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?