Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya Congo Airways biravuza ubuhuha nyuma yokwimwa uruhushya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Ibya Congo Airways biravuza ubuhuha nyuma yokwimwa uruhushya.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya Congo Airways biravuza ubuhuha nyuma yokwimwa uruhushya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Isosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Congo Airways, yambuwe uburenganzira bwo gukora ubwikorezi bwo mu kirere, kubera ko yabuze indege.

Aya makuru yatangajwe ku munsi w’ejo hashize tariki ya 15/09/2024, n’urwego rushinzwe Indege za gisivile rwambuye uruhushya iyi Sosiyete kuko itari igifite indege byatuma ibasha gukora ubwikorezi.

Ubushize Leta ya Kinshasa yagaragaje ko ikomerewe no kubyutsa ibikorwa bya ‘Congo Airways,’ cyane ko yari isigaranye indege imwe na yo ikodesha.

Ku wa 19/06/2024 ni bwo inama y’abaminisitiri y’iki gihugu yemeje umwanzuro wo kubyutsa ibikorwa bya Congo Airways.

Muri iyi nama minisitiri, J. Pierre Bemba, yagaragaje ko ingamba z’imyaka itatu zitandukanye zizakoreshwa mu kubyutsa iyi Sosiyete. Zirimo kugura cyangwa gukoresha indege 3 za Airbus A320.

Bemba yakomeje agaragaza ko kuri ubu Congo Airways ifite indege imwe ikodesha kandi amasezerano yo kuyikodesha na yo akaba azarangira tariki ya 16/09/2024.

Iki kibazo cyanemejwe n’umuvugizi wa Leta ya Kinshasa, Patrick Muyaya, wavuze ko nubwo iyi gahunda yo kongera guha uruhushya Congo Airways ihari , amafaranga azakoreshwa ataraboneka.

Ibyo byabaye nyuma y’uko mu 2022, inama y’abaminisitiri b’iki gihugu cya RDC yari yemeje ko ishingwa rya Sosiyete nshya y’indege ‘Air Congo’ isimbura Congo Airways.

Uwari minisitiri w’itumanaho no gutwara abantu n’ibintu muri icyo gihe, Chérubin Okende, yari yavuze ko iyo Sosiyete izashingwa ku bufatanye na Ethiopian Airlines isanzwe ikora ingendo z’indege ariko imigabane myinshi ikazaba ari iya Leta ya Kinshasa. Ariko iyi gahunda na yo yakomeje kudindira.

          MCN.
Tags: Biravuza ubuhuhaCongo AirwaysYimwe uruhushya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.

Trump wahoze ari perezida wa Amerika yasimbutse urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?