Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.
136
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Amakuru ava mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo avuga ko ingabo za Congo ziri gucika ziva muri ibyo bice nyuma y’ibitero zagabye mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe.

Ibitero bya FARDC iheruka kugaba mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe yabigabye ku wa gatatu, ku wa kane no ku wa gatanu muri iki Cyumweru turimo dusoza.

Ariko hakaba hari kindi gitero yagabye tariki ya 28/11/2024, ikigaba mu Kalingi.

Nyamara ibyo bitero bya FARDC buri uko yabigabaga, Twirwaneho yabisubizaga inyuma mu rwego rwo kwirwanaho no kurwanirira ababyeyi babo.

Twirwaneho mu kwirwanaho, amakuru avuga ko yakubitaga inshuro ingabo za Congo.

Bikemezwa ko FARDC yayitakarijemo ingabo nyinshi zibarirwa mu 85.

Ni mu gihe kandi ku wa Gatanu tariki ya 27/12/2024, iz’i ngabo za RDC zavuye mu Mikenke zigaba igitero mu Kalingi maze Twirwaneho irazikubita bikomeye, zihunga ubudahindukira, zisubira mu Mikenke.

Bikavugwa ko muri icyo gitero zagitakarijemo abasirikare bayo benshi abandi barakomereka.

Bikaba biri mu byatumye abenshi muri aba basirikare bahitamo gutoroka.

Andi makuru akavuga ko mbere yuko aba basirikare batangiye gucika bari bahawe itegeko ryo kongera kugaba ikindi gitero mu Kalingi. Bikaba biri mubyaziteye gutoroka ku bwinshi.

Hagataho, iz’ingabo mu gucika ziri kwerekeza inzira y’i Ndondo ya Bijombo zigakomereza Uvira. Abamaze ku menyekana ko bacitse babarirwa mu mirongo.

Tags: FardcGutorokaMikenke
Share54Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.

Iby'ingabo za RDC zikomeje kuja mu Minembwe ku bwinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?