Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.
136
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya FARDC iri gutoroka ihunga Twirwaneho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amakuru ava mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo avuga ko ingabo za Congo ziri gucika ziva muri ibyo bice nyuma y’ibitero zagabye mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe.

Ibitero bya FARDC iheruka kugaba mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe yabigabye ku wa gatatu, ku wa kane no ku wa gatanu muri iki Cyumweru turimo dusoza.

Ariko hakaba hari kindi gitero yagabye tariki ya 28/11/2024, ikigaba mu Kalingi.

Nyamara ibyo bitero bya FARDC buri uko yabigabaga, Twirwaneho yabisubizaga inyuma mu rwego rwo kwirwanaho no kurwanirira ababyeyi babo.

Twirwaneho mu kwirwanaho, amakuru avuga ko yakubitaga inshuro ingabo za Congo.

Bikemezwa ko FARDC yayitakarijemo ingabo nyinshi zibarirwa mu 85.

Ni mu gihe kandi ku wa Gatanu tariki ya 27/12/2024, iz’i ngabo za RDC zavuye mu Mikenke zigaba igitero mu Kalingi maze Twirwaneho irazikubita bikomeye, zihunga ubudahindukira, zisubira mu Mikenke.

Bikavugwa ko muri icyo gitero zagitakarijemo abasirikare bayo benshi abandi barakomereka.

Bikaba biri mu byatumye abenshi muri aba basirikare bahitamo gutoroka.

Andi makuru akavuga ko mbere yuko aba basirikare batangiye gucika bari bahawe itegeko ryo kongera kugaba ikindi gitero mu Kalingi. Bikaba biri mubyaziteye gutoroka ku bwinshi.

Hagataho, iz’ingabo mu gucika ziri kwerekeza inzira y’i Ndondo ya Bijombo zigakomereza Uvira. Abamaze ku menyekana ko bacitse babarirwa mu mirongo.

Tags: FardcGutorokaMikenke
Share54Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.

Iby'ingabo za RDC zikomeje kuja mu Minembwe ku bwinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?