• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iby’abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in World News
0
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Imitwe yitwaje intwaro y’Abarundi, yatangaje ko yihuje kugira ngo itere igihugu cy’u Burundi, kandi ko izashyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye uyoboye iki gihugu.

Ni mitwe irimo uwa FRB-Abarundi, n’uwa UPF; yemeje ko yihuje kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa CNDD-FDD, bikaba bikubiye mu itangazo iyi mitwe yashyize hanze ahar’ejo tariki ya 17/02/2025.

Majoro Mugisha Joab, umuvugizi wa FRB-ABARUNDI, muri iryo tangazo yavuze ko iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahurije iyi mitwe muri Komine Musigati, ho mu Ntara ya Bubanza ku wa 16/02/2025.

Avuga ko iriya mitwe kwari itatu yihurije mu ihuriro rya F.BL-Abarundi, ndetse ko yiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye no kubushyiraho iherezo.

Muri iryo tangazo yagize ati: “F.B.L-Abarundi irashimangira ko yiteguye guhangana n’ibibazo byose, irwanya CNDD-FDD kugira ngo ibohore igihugu cyacu kiri mu bibazo.”

Yasobanuye kandi ko u Burundi buri mu bibazo bijanye n’ubukungu, kandi ko byavuye ku miyoborere mibi y’ubutegetsi buriho. Ikindi yavuze ko u Burundi bukomeje kubibaba amacakubiri mu benegihugu, ndetse kandi ko iyi leta iriho yifatanyije n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugambirira gutsemba ubwoko bw’Abatutsi.

Umutwe wa FRB-ABARUNDI uri mubigambye kugaba igitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’u Burundi muri Komine Mabayi, intara ya Cibitoke mu mwaka w’ 2019 icyiciramo abasirikare 38 abandi benshi bagikomerekeramo.

Iyi mitwe ije yiyongera ku wa Red-Tabara na wo umaze imyaka myinshi uri mu ntambara n’ubutegetsi bw’u Burundi ushinja CNDD-FDD gusubiza inyuma iki gihugu cyabo.

Tags: AbarwanyiBurundiNdayishimiye
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Abavuka muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo, bagenewe ubutumwa bukomeye ku gihugu cyabo.

Abavuka muri Kivu Yaruguru n'iy'Epfo, bagenewe ubutumwa bukomeye ku gihugu cyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?