• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iby’abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in World News
0
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.

You might also like

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

Imitwe yitwaje intwaro y’Abarundi, yatangaje ko yihuje kugira ngo itere igihugu cy’u Burundi, kandi ko izashyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye uyoboye iki gihugu.

Ni mitwe irimo uwa FRB-Abarundi, n’uwa UPF; yemeje ko yihuje kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa CNDD-FDD, bikaba bikubiye mu itangazo iyi mitwe yashyize hanze ahar’ejo tariki ya 17/02/2025.

Majoro Mugisha Joab, umuvugizi wa FRB-ABARUNDI, muri iryo tangazo yavuze ko iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahurije iyi mitwe muri Komine Musigati, ho mu Ntara ya Bubanza ku wa 16/02/2025.

Avuga ko iriya mitwe kwari itatu yihurije mu ihuriro rya F.BL-Abarundi, ndetse ko yiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye no kubushyiraho iherezo.

Muri iryo tangazo yagize ati: “F.B.L-Abarundi irashimangira ko yiteguye guhangana n’ibibazo byose, irwanya CNDD-FDD kugira ngo ibohore igihugu cyacu kiri mu bibazo.”

Yasobanuye kandi ko u Burundi buri mu bibazo bijanye n’ubukungu, kandi ko byavuye ku miyoborere mibi y’ubutegetsi buriho. Ikindi yavuze ko u Burundi bukomeje kubibaba amacakubiri mu benegihugu, ndetse kandi ko iyi leta iriho yifatanyije n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugambirira gutsemba ubwoko bw’Abatutsi.

Umutwe wa FRB-ABARUNDI uri mubigambye kugaba igitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo z’u Burundi muri Komine Mabayi, intara ya Cibitoke mu mwaka w’ 2019 icyiciramo abasirikare 38 abandi benshi bagikomerekeramo.

Iyi mitwe ije yiyongera ku wa Red-Tabara na wo umaze imyaka myinshi uri mu ntambara n’ubutegetsi bw’u Burundi ushinja CNDD-FDD gusubiza inyuma iki gihugu cyabo.

Tags: AbarwanyiBurundiNdayishimiye
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego Intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwo Hagati, aho igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bishya by’indege ku nkengero z’amajyepfo...

Read moreDetails

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Auto Draft

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze Intambara iri hagati ya Iran, Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Abavuka muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo, bagenewe ubutumwa bukomeye ku gihugu cyabo.

Abavuka muri Kivu Yaruguru n'iy'Epfo, bagenewe ubutumwa bukomeye ku gihugu cyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?