• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’abasirikare ba Afrika y’Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Afrika y’Epfo baguye mu mirwano abandi benshi barakomereka muri RDC.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abasirikare ba Afrika y’Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni amakuru yagiye atangazwa n’ibitangazamakuru byinshi, aho byavugaga ko abasirikare ba Afrika y’Epfo barwaniraga ku ruhande rwa Leta muri Goma bageze aho bazamura ibendera ryera bamanikira umutwe wa m23 amaboko.

Ahagana ku wa mbere w’iki Cyumweru turimo ni bwo byavuzwe ko ingabo z’Afrika y’Epfo zagaragaye mu mashusho zazamuye ibendera ryera.

Nk’uko bivugwa mu ntambara ibendera ryera cyangwa agatanbaro kera, ni ikimenyetso cy’uko uwabizamuye aba yemeye ko yatsinzwe urugamba; kandi ko adashaka ko imirwano yakomeza.

Ikindi nuko abasirikare bari kurugamba bakoresha kiriya kimenyetso , bagaragaaza ko bemeye gutanga amahoro.

Ni ubwo uburyo ingabo za Afrika y’Epfo zazamuye ibendera ryera, ibyavuzwe ko izo ngabo zamanikiye m23 amaboko.

Igisirikare cya Afrika y’Epfo, mu itangazo cyasohoye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 28/01/2025, cyavuze ko ingabo zabo zazamuye ibendera ryera mu rwego rwo kubahiriza agahenge kemeranyijweho, mu rwego rwo kwemerera m23 gutwara imirambo n’inkomere zayo ziri mu birindiro byabo.

Cyagize kiti: “Amashusho arimo kwibazwaho y’ibendera ryera ryazamuwe, yabaye umusaruro w’ibiganiro byahuje impande zihanganye kugira ngo zemeranye ku gahenge ko kwemerera m23 gutwara imirambo n’inkomere ziri mu birindiro byacu.”

Cyunzemo kandi ko ibyabaye binemerera ingabo zayo kuzijana, kandi kivuga ko ari ibisanzwe mu ntambara.

Tags: Afrika y'EpfoGomaM23
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye undi muntu.

Umusirikare mukuru wari mu babangamiye Abanyamulenge, yarapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?