Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’abasirikare ba Afrika y’Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Afrika y’Epfo baguye mu mirwano abandi benshi barakomereka muri RDC.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abasirikare ba Afrika y’Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni amakuru yagiye atangazwa n’ibitangazamakuru byinshi, aho byavugaga ko abasirikare ba Afrika y’Epfo barwaniraga ku ruhande rwa Leta muri Goma bageze aho bazamura ibendera ryera bamanikira umutwe wa m23 amaboko.

Ahagana ku wa mbere w’iki Cyumweru turimo ni bwo byavuzwe ko ingabo z’Afrika y’Epfo zagaragaye mu mashusho zazamuye ibendera ryera.

Nk’uko bivugwa mu ntambara ibendera ryera cyangwa agatanbaro kera, ni ikimenyetso cy’uko uwabizamuye aba yemeye ko yatsinzwe urugamba; kandi ko adashaka ko imirwano yakomeza.

Ikindi nuko abasirikare bari kurugamba bakoresha kiriya kimenyetso , bagaragaaza ko bemeye gutanga amahoro.

Ni ubwo uburyo ingabo za Afrika y’Epfo zazamuye ibendera ryera, ibyavuzwe ko izo ngabo zamanikiye m23 amaboko.

Igisirikare cya Afrika y’Epfo, mu itangazo cyasohoye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 28/01/2025, cyavuze ko ingabo zabo zazamuye ibendera ryera mu rwego rwo kubahiriza agahenge kemeranyijweho, mu rwego rwo kwemerera m23 gutwara imirambo n’inkomere zayo ziri mu birindiro byabo.

Cyagize kiti: “Amashusho arimo kwibazwaho y’ibendera ryera ryazamuwe, yabaye umusaruro w’ibiganiro byahuje impande zihanganye kugira ngo zemeranye ku gahenge ko kwemerera m23 gutwara imirambo n’inkomere ziri mu birindiro byacu.”

Cyunzemo kandi ko ibyabaye binemerera ingabo zayo kuzijana, kandi kivuga ko ari ibisanzwe mu ntambara.

Tags: Afrika y'EpfoGomaM23
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye undi muntu.

Umusirikare mukuru wari mu babangamiye Abanyamulenge, yarapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?