Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’abasirikare ba Afrika y’Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Afrika y’Epfo baguye mu mirwano abandi benshi barakomereka muri RDC.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abasirikare ba Afrika y’Epfo bazamuye ibendera ryera i Goma muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni amakuru yagiye atangazwa n’ibitangazamakuru byinshi, aho byavugaga ko abasirikare ba Afrika y’Epfo barwaniraga ku ruhande rwa Leta muri Goma bageze aho bazamura ibendera ryera bamanikira umutwe wa m23 amaboko.

Ahagana ku wa mbere w’iki Cyumweru turimo ni bwo byavuzwe ko ingabo z’Afrika y’Epfo zagaragaye mu mashusho zazamuye ibendera ryera.

Nk’uko bivugwa mu ntambara ibendera ryera cyangwa agatanbaro kera, ni ikimenyetso cy’uko uwabizamuye aba yemeye ko yatsinzwe urugamba; kandi ko adashaka ko imirwano yakomeza.

Ikindi nuko abasirikare bari kurugamba bakoresha kiriya kimenyetso , bagaragaaza ko bemeye gutanga amahoro.

Ni ubwo uburyo ingabo za Afrika y’Epfo zazamuye ibendera ryera, ibyavuzwe ko izo ngabo zamanikiye m23 amaboko.

Igisirikare cya Afrika y’Epfo, mu itangazo cyasohoye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 28/01/2025, cyavuze ko ingabo zabo zazamuye ibendera ryera mu rwego rwo kubahiriza agahenge kemeranyijweho, mu rwego rwo kwemerera m23 gutwara imirambo n’inkomere zayo ziri mu birindiro byabo.

Cyagize kiti: “Amashusho arimo kwibazwaho y’ibendera ryera ryazamuwe, yabaye umusaruro w’ibiganiro byahuje impande zihanganye kugira ngo zemeranye ku gahenge ko kwemerera m23 gutwara imirambo n’inkomere ziri mu birindiro byacu.”

Cyunzemo kandi ko ibyabaye binemerera ingabo zayo kuzijana, kandi kivuga ko ari ibisanzwe mu ntambara.

Tags: Afrika y'EpfoGomaM23
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye undi muntu.

Umusirikare mukuru wari mu babangamiye Abanyamulenge, yarapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?