• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2025
in Regional Politics
0
Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abasirikare 75 ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagejejwe imbere y’urukiko, aho bashinjwa guhunga urugamba mu mirwano ibashamiranishije n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23 muri Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 10/02/25, aba basirikare batangiye kuburanishirizwa mu rukiko ruherereye muri Bunia ahashyinzwe icyicaro gikuru cy’intara ya Kivu Yaruguru.

Ku Cyumweru, ibiro by’umucyamanza byatangaje ko aba basirikare bakurikiranweho ibyaha byo gukorera urugomo abasivili, rurimo kubica no gusahura ibyabo.

Umuryango w’Abibumbye wavuze ko mu mpera z’ukwezi gushyize, ubwo M23 yagendaga yigarurira ibice byinshi ibyayiganishije ku gufata i Goma, habaye ibikorwa byinshi byo kurenga ku mategeko, birimo kwica abakekwaho ibyaha bataburanishijwe, gusambanya abagore ku gahato no kubagira abacakara b’imibonano mpuzabitsina.

Abasirikare 75 barimo kuburanishwa batawe muri yombi bahunze intambara nyuma y’uko m23 yarimaze gufata Nyabibwe muri teritware ya Kalehe.

Binavugwa kandi ko hari n’abandi batawe muri yombi mu bice bisatira amajyepfo ku birego nk’ibyo, nabo baza kugezwa mu bucamanza.

Sosiyete sivili yo muri Kavumu umujyi uri mu birometero nka 27 uvuye muri Bukavu mu mujyi, yavuze ko kumugoroba wo ku wa Gatanu, abasirikare bahunze urugamba bishe 10, barimo 7 basanze mu kabari.

Iyi sosiyete sivili yavuze kandi ko aba basirikare, usibye kwica banasahuye mu mazu y’abaturage, nyuma y’uko bari bamaze guhunga M23.

Leta ya Kinshasa igaragaza ko M23 ari igikoresho cy’u Rwanda, ibyo u Rwanda na M23 bihakana.

Kurundi ruhande, muguhoshya iyi ntambara, abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afrika y’Amajy’epfo,SADC, n’abo mu bihugu byo muri Afrika y’iburasirazuba, EAC, ku wa Gatandatu wo mu Cyumweru gishize bahuriye i Dar es Salaam muri Tanzania. Aba bahamagariye impande zombi zihanganye kuyoboka inzira y’ibiganiro.

Tags: BahunzeFardcIntambaraUrubanza
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zakozanyijeho n’iza FARDC mu Minkenke.

Ingabo z'u Burundi zakozanyijeho n'iza FARDC mu Minkenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?