• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyabaye ku ngabo za FARDC n’iz’u Burundi ku Ndondo ya Bijombo biteye ubwoba bukomeye.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2025
in Conflict & Security
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyabaye ku ngabo za FARDC n’iz’u Burundi ku Ndondo ya Bijombo biteye ubwoba bukomeye.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Hamenyekanye amakuru akomeye y’ibyabaye ku ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo hamwe n’iz’u Burundi zikorera ku Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko zapfuye bidasanzwe nyuma yo gukubitwa n’ikibatsi cy’umuriro w’Idibu(AFC/M23/MRDP-Twirwaneho).

Ni amakuru Minembwe Capital News yakuye ahantu hizewe, aho ahamya ko ku munsi w’ejo ku cyumweru hapfuye abasirikare ba FARDC n’ab’u Burundi barenga 36.

Agira ati: “FARDC na FDNB bapfiriye ugushyira, bakubiswe na AFC/M23/MRDP muri Bijombo. Ni drone yabo yabarasiye icya rimwe hapfa 36, abandi benshi imirongo bakomeretse. Biteye ubwoba bwinshi cyane.”

Nk’uko aya makuru abisobanura avuga ko barasiwe mu karango ka hitwa kwa Musumari, aho bari bafite i kambi yabo bahuriyemo (ingabo z’u Burundi n’iza RDC).

Aka karango kavugwa gaherereye mu Gahuna, aha akaba ari muri grupema ya Bijombo muri teritware ya Uvira.

Aya makuru yacu akomeza avuga ko hariya barasiwe kwa Musumari hari aga-kanisa gato, iruhande rwako niho intumbi zabariya basirikare zaguye.

Ati: “Baterewe kwa Musumari, ku karango, niko karimo i kambi yabo. Hari n’ikanisa, iruhande rwaho, ni naho intumbi z’abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC zaguye.”

Ibyo bibaye mu gihe Ingabo z’uyu mutwe wa AFC/M23/M23 ziri kugera amajanja mu cya Bijombo cyose, kuko mu mpera zakiriya cyumweru gishize zarasiye kandi izi ngabo z’u Burundi n’iza FARDC mu kandi gace kitwa ku Kiziba. Aka kari mu ntera ngufi uvuye ku Murambya na Gahuna.

Ubwo nabwo byavuzwe ko uru ruhande rurwana ku ruhande rwa Leta bapfuye ari benshi, kuko hatowe intumbi zabo 23.

Si aho honyine n’ahitwa ku Cyanzovu ni nk’uko byagenze, ndetse ho bikavugwa ko uyu mutwe uhagaragara cyane, bitandukanye n’ahandi kuko ahandi urasa bitunguranye, ibyo bakunze kwita gutega ibico(ambush).

Ibyanatumye uruhande rwa Leta ruhahamuka, kuko bari guhunga berekeza za Bijombo centre bava mu duce two muri iyi Ndondo, abandi bakerekeza inzira ya Mitamba bagana mu mujyi wa Uvira igice gikomeye Leta isigariyemo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihe hafi ibindi ya byose by’iyi ntara bimaze kwigarurirwa n’uy’u mutwe wa AFC/M23/M23.

Tags: BijomboFardcFDNB
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n’abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye.

AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n'abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?