Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 29, 2024
in World News
0
Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Hari igihe c’isaha ya saa sita zamanywa yo kuri uyu wa Kane tariki ya 29/08/2024, umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashe amasasu ahagaze ku butaka bwa RDC agahita ayerekeza mu gihugu cy’u Rwanda, aza kugira ibikorwa remezo by’abaturage yangiriza.

Aya masasu yarashwe n’umusirikare wo mu ngabo za FARDC kuri uyu wa Kane, amakuru avuga ko nta muntu yishe cyangwa ngo amukomeretse, usibye ko yasenye inzu y’umuturage.

Aya makuru akomeza avuga ko uy’umusirikare akimara kurasa, bagenzi be bahise bamusubiza inyuma mu rwego rwo ku muhishya.

Muri ako kanya bikimara kuba, inzego z’u mutekano ku ruhande rw’u Rwanda zahise zitangira kubikoraho iperereza, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Bamwe mu baturage baturiye ibice byo ku mupaka, uwo bita Petite Barriere, bavug ko uyu musirikare wa FARDC yarashe amasasu menshi, bikaba byanatumye Abanyarwanda batinya kongera kwambukira kuri uyu mupaka bagana i Goma.

Aba baturage banavuze ko ayo masasu yarashwe yasenye inzu y’umuturage, amena n’ibirahuri by’amadirishya yiyo nzu kandi ko iyo nzu yangiritse cyane.

Usibye ibyo, nta bindi birabashya kumenyekana byangirijwe n’iryo rasa ryakozwe n’umusirikare wo mu ngabo za perezida Félix Tshisekedi wa RDC.

            MCN.
Tags: Umusirikare wa FARDCYarashe mu Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n'abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?