• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in World News
0
Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyangirijwe n’amasasu umusirikare wa FARDC warashe mu Rwanda byamenyekanye.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Hari igihe c’isaha ya saa sita zamanywa yo kuri uyu wa Kane tariki ya 29/08/2024, umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashe amasasu ahagaze ku butaka bwa RDC agahita ayerekeza mu gihugu cy’u Rwanda, aza kugira ibikorwa remezo by’abaturage yangiriza.

Aya masasu yarashwe n’umusirikare wo mu ngabo za FARDC kuri uyu wa Kane, amakuru avuga ko nta muntu yishe cyangwa ngo amukomeretse, usibye ko yasenye inzu y’umuturage.

Aya makuru akomeza avuga ko uy’umusirikare akimara kurasa, bagenzi be bahise bamusubiza inyuma mu rwego rwo ku muhishya.

Muri ako kanya bikimara kuba, inzego z’u mutekano ku ruhande rw’u Rwanda zahise zitangira kubikoraho iperereza, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Bamwe mu baturage baturiye ibice byo ku mupaka, uwo bita Petite Barriere, bavug ko uyu musirikare wa FARDC yarashe amasasu menshi, bikaba byanatumye Abanyarwanda batinya kongera kwambukira kuri uyu mupaka bagana i Goma.

Aba baturage banavuze ko ayo masasu yarashwe yasenye inzu y’umuturage, amena n’ibirahuri by’amadirishya yiyo nzu kandi ko iyo nzu yangiritse cyane.

Usibye ibyo, nta bindi birabashya kumenyekana byangirijwe n’iryo rasa ryakozwe n’umusirikare wo mu ngabo za perezida Félix Tshisekedi wa RDC.

            MCN.
Tags: Umusirikare wa FARDCYarashe mu Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n’abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

Leta ya Benjamin Netanyahu wa Israel, yahagurukiwe n'abavuga ko bazashirwa aruko yavuyeho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?