• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

minebwenews by minebwenews
July 9, 2025
in Regional Politics
0
Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ubushinjacyaha bwo mu Bubiligi bwashyikirijwe ikirego kiregwamo abantu bo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo baregwa kwiba amabuye y’agaciro mu ntara ya Haut-Katanga na Lualaba.

Amakuru avuga ko iki kirego cyatanzwe n’Umunyamategeko Bernard Maingain na Brieuc, aho bagishikirije Umushinjacyaha Ann Fransen ku itariki ya 08/07/2025.

Abo mu muryango wa Tshisekedi barezwe mu bu Bubiligi, kubera ko bafite ubwenegihugu bwaho.

Aba barega bahamagaye imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu ntara ya Haut-Katanga na Lualaba ndetse n’abayobozi bahoze ari abayobozi ba Gecamines ishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro guhagurikira iki kibazo.

Umuyobozi w’ishirahamwe ry’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Lualaba, yagize ati: “Kuva mu 2019, ibintu byabaye bibi cyane. Katanga yabaye isanduku y’amafaranga y’umuryango muri izi ntara, cyane cyane muri Lualaba, nyamara ntacyo ushorayo.”

Bavuga ko abo mu muryango wa Tshisekedi barimo umuvandimwe we, Christian Tshisekedi, bambuye abantu benshi ibirombe by’amabuye y’agaciro muri Katanga, bashyiramo abasirikare babirindira umutekano bihoraho.

Nk’uko babisobanura, agaciro k’amabuye y’agaciro umuryango wa Tshisekedi wibye muri Katanga kabarirwa muri miriyoni z’amadolari y’Amerika, ati: “agaciro kubu bujura kabarirwa muri miliyoni z’amadolari.”

Uretse umuvandimwe wa Tshisekedi, haregwa abandi barimo umugore w’uyu mukuru w’igihugu, Denise Nyakeru, umuhungu we Anthony Tshisekedi, babyara be na muramukazi we.

Tags: AmariraTshisekediumuryango
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?