Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 9, 2025
in Regional Politics
0
Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyari umunezero ku bo mu muryango wa Tshisekedi, byabahindukiye amarira.

You might also like

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

Ubushinjacyaha bwo mu Bubiligi bwashyikirijwe ikirego kiregwamo abantu bo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo baregwa kwiba amabuye y’agaciro mu ntara ya Haut-Katanga na Lualaba.

Amakuru avuga ko iki kirego cyatanzwe n’Umunyamategeko Bernard Maingain na Brieuc, aho bagishikirije Umushinjacyaha Ann Fransen ku itariki ya 08/07/2025.

Abo mu muryango wa Tshisekedi barezwe mu bu Bubiligi, kubera ko bafite ubwenegihugu bwaho.

Aba barega bahamagaye imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu ntara ya Haut-Katanga na Lualaba ndetse n’abayobozi bahoze ari abayobozi ba Gecamines ishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro guhagurikira iki kibazo.

Umuyobozi w’ishirahamwe ry’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Lualaba, yagize ati: “Kuva mu 2019, ibintu byabaye bibi cyane. Katanga yabaye isanduku y’amafaranga y’umuryango muri izi ntara, cyane cyane muri Lualaba, nyamara ntacyo ushorayo.”

Bavuga ko abo mu muryango wa Tshisekedi barimo umuvandimwe we, Christian Tshisekedi, bambuye abantu benshi ibirombe by’amabuye y’agaciro muri Katanga, bashyiramo abasirikare babirindira umutekano bihoraho.

Nk’uko babisobanura, agaciro k’amabuye y’agaciro umuryango wa Tshisekedi wibye muri Katanga kabarirwa muri miriyoni z’amadolari y’Amerika, ati: “agaciro kubu bujura kabarirwa muri miliyoni z’amadolari.”

Uretse umuvandimwe wa Tshisekedi, haregwa abandi barimo umugore w’uyu mukuru w’igihugu, Denise Nyakeru, umuhungu we Anthony Tshisekedi, babyara be na muramukazi we.

Tags: AmariraTshisekediumuryango
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP. Olivier Rumenge Rugeyo wigezeho kwitoza mu matora y'abadepite yo mu mwaka wa 2023 muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye.

U Rwanda na RDC waruzi ko byagiranye amakimbirane kuva no mu myaka myinshi ishize, ibirambuye. Muri iyi nkuru turagaruka ku bihe byagiye biranga umuryane wagiye uba hagati ya...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC. U Rwanda rwagaragaje ko igitangazamakuru cy'Abongereza cya BBC, gikomeje gusigiriza no kwamamaza umutwe w'iterabwoba wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze jenocide yakorewe...

Read moreDetails

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Auto Draft

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo. Inzego z'ibanze n'abantu bakuze nibo bahawe uwo mushinga wo kugena abazahabwa ubwenegihugu bwa Uganda, ariko bakazabutanga ku bantu bafite inkomoko...

Read moreDetails

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo. Inzego z'umutekano muri Kenya zafunze imihanda minini zitera n'ibyuka biryana mu maso ubwo zageragezaga gutatanya urubyiruko rwari rwuzuye uburakari...

Read moreDetails
Next Post
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?