Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 20, 2025
in World News
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n’u Burusiya.

You might also like

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n’u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro arambye.

Byatangajwe na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko inama hagati ye na perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin ari bwo buryo bwonyine bwo gutuma bagera kuguhagarika intambara burundu.

Nk’uko bwana perezida wa Ukraine abivuga, ngo nuko hoba ikindi cyicaro cy’ibiganiro by’amahoro n’u Burusiya, muri gahunda igamije kongera gutangira ibiganiro byahagaze mu kwezi gushize.

Umujyanama mu kanama k’u mutekano n’igisirikare ka Ukraine, yavuze ko ashaka guhura n’uruhande rw’u Burusiya mu cyumweru gitaha, nk’uko Zelensky yabivuze mu ijambo ageza ku gihugu buri mu goroba. Yongeyeho ko buri kintu ko kigomba gukorwa kugira ngo agahenge kagerweho.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Ukraine, yanavuze ko yiteguye guhura imbona nkubone na perezida w’u Burusiya.

Ati: “Inama yo ku rwego rw’ubutegetsi iracyakenewe kugira ngo amahoro abeho by’ukuri.”

Ukraine yagaragaje icyifuzo cyayo, hashize amasaha make u Burusiya bugabye ikindi gitero cy’ibisasu byo mu kirere cyibasira ibice byinshi bya Ukraine, ubundi kandi cyishe n’abantu batatu.

Iyi ntambara u Burusiya bwayishoye kuri Ukraine mu kwezi kwa kabiri umwaka wa 2022, kuva icyo gihe hagiye haba ibitero bikomeye ku mpande zombi.

U Burusiya bugenzura hafi 20% by’ubutaka bwa Ukraine, harimo kandi ko inagenzura na Crimea iyo bwiyometseho mu mwaka wa 2014.

Tags: ibiganiroU BurusiyaUkraine
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za Patriots bizayifasha mu buryo bukaze bwo gukumira ibitero by'u Burusiya....

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?