• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2025
in World News
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

You might also like

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin, umubonano wabo wari witezweho guhindura byinshi ku ntambara muri Ukraine urangira nta kigezweho gikomeye nk’uko perezida Trump yabitangaje.

Umubonano wa Trump na Putin wabereye muri Leta ya Alaska ho muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu tariki ya 15/08/2025.

Aba bakuru b’ibi bihugu byombi bareberaga hamwe icyo kogwa kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

Uyu mubonano wari ubaye ku nshuro ya mbere kuva perezida Trump yagaruka ku butegetsi kuko baherukanaga mu myaka itandatu ishize.

Ibiganiro by’aba bagabo byamaze amasaha atatu, kandi bibera mu muhezo.

Muri uyu mubonano perezida Putin yavuze ko yanyuzwe n’uburyo yakiriwe na mugenzi we.

Yagize ati: “Turi abaturanyi b’ukuri, kandi ibyo mvuga ni ukuri.”

Avuga kandi ko guhura na Trump byatinze cyane ariko nanone ngo yizera ko ibyo baganiriyeho bizagera ku ntego yo kugarura amahoro muri Ukraine.

Ariko perezida Trump we yavuze ko bemeranyije byinshi mu mubonano wabo ariko ko nta masezerano yabayeho.

Ati: “Twemeranyije ku bintu bitandukanye byinshi, ariko hari ibintu byingenzi tutarageraho. Ariko twateye intambwe.”

Trump yanarangije asaba umuryango wo gutabarana wa NATO na perezida Zelensky wa Ukraine kuza akabasobanurira ibyavuye mu biganiro bye na Putin.

Tags: IntambaraPutinTrumpUkraineUmubonano
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Muri Manyema haravugwa imirwano y'amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?