• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Iby’ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y’Amajyepfo.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, aza gusimburwa na Felix Tshisekedi mu mwaka wa 2019, yagiranye ibiganiro n’amatsinda atandukanye i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo, abaganiriza ku byerekeye umutekano w’iki gihugu n’icyakorwa kugira ngo ugerweho.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, ni bwo Kabila yahuye n’ariya matsinda agera kuri ane, ayahamiriza ko yiyemeje gutanga umusanzu kugira ngo iki gihugu kigere ku mahoro arambye.

Amatsinda yabonanye na yo uyu munsi nk’uko aya makuru abivuga, harimo itsinda ry’Abanyeshuri, urubyiruko, sosiyete sivili n’abayoboke b’amatorero y’ububyutse akorera i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ikiganiro cye n’aya matsinda cyibanze ku ngingo icumi nazibiri yagaragaje mu ijambo rye rya nyuma yaganeye abanyekongo ubwo yari hafi kugaruka muri RDC ava mu buhungiro yari amazemo umwaka n’igice. Nyuma y’iryo jambo ni bwo yahise yerekeza i Goma mu Burasizuba bwa Congo mu gice kigenzurwa n’ihuriro rya AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneheho. Iyi mitwe yombi ubarizwa muri AFC igamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Ahanini ibyo yavuze icyo gihe yibanze ku byatuma RDC ibamo amahoro, kandi akagaragaza ko iki gihugu kiri mu kangaratete kubera imiyoborere mibi ikiganisha mu bibazo. Yongera kuvuga ko Felix Tshisekedi Perezida wacyo ko ari we nyiribayazana wibibazo byose byugarije iki gihugu.

Ndetse kandi Kabila yageze naho agenera ubutumwa Perezida Felix Tshisekedi ko asigaranye amahitamo atatu gusa, arimo kwegura mu gihe ibintu bitaramubana bibi kurushaho.

Muri iki kiganiro cya none yavuze ko ashyigikiye gahunda y’ibiganiro bya CENCO na ECC ku iterambere ry’igihugu, anasaba buri muturage gutanga umusanzu we kugira ngo RDC igere ku mahoro arambye.

Yashimangiye ko umutekano ari ngombwa mu iterambere ry’igihugu anaburira ko nta mahoro arambye RDC ishobora kugeraho nta mutekano mwiza uraboneka.

Bitaganijwe ko ibiganiro bya Kabila n’izindi nzego atarahura nazo bizakomeza, nk’uko n’ibindi yabikoze i Goma mu minsi mike ishize.

Ibyo biganiro abikomeje mu gihe hakirangwa ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Congo mu bice byinshi byo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu Yaruguru.

Tags: amahoroibiganiroKabila
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?