• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

minebwenews by minebwenews
June 23, 2025
in World News
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z’Amerika ibintu bibiri, kubafasha gusenya ikigo cya Nucléaire cya Fordow no kubicira umuyobozi mukuru w’ikirenga wa Iran, Khmenei Ayatollah Ali, kimwe muri ibi bibiri cyamaze gusubizwa.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 22/06/2025, Amerika yarashe bwa mbere muri Iran isenya byinshi birimo ibyo yari yasabwe na Israel.

Icya mbere Amerika yari yasabwe gufasha Israel, yaragikoze kuko yarashe ikigo cya Nucléaire cya Fordow, iragisenya cyose. Bivugwa ko iki kigo ko cyari cyubatswe munsi y’ubutaka, bikaba byari byanatumye Israel inanirwa kugisenya, kuko ibisasu byayo byagarukiraga hafi.

Ahantu hingenzi h’ubushakashatsi kuri nucléaire muri Iran, uretse ikigo gusa cya Fordow kiriya gitero cya Amerika cyarahangije bikomeye.

Amerika mu kuhasenya yakoresheje indege z’intambara 125, nk’uko byemejwe n’umugaba mukuru w’Ingabo za Amerika.

Yanavuze ko bakoresheje amayeri yo kuyobya umwanzi (deception tactics) kugira ngo igitero kigende neza kandi kigerweho nta nkomyi.

Kimweho ku ruhande rwa Iran, abayobozi bemeje ko ibikorwa remezo bya nucléaire byagabweho ibitero, ariko bahakana ko byagize ingaruka zikomeye nk’uko Amerika ibivuga. Bavuze ko bazakomeza gukora iperereza no gusana aho hantu, banashimangira ko Iran itazatezuka ku burenganzira bwayo bwo kugira ikorana buhanga rya nucléaire mu nyungu z’amahoro.

Nyamara ku rundi ruhande, ibi bitero bikomeje kongera umwuka mubi hagati ya Iran, Israel na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ndetse kandi byateje impaka ndende mu ruhando mpuzamahanga, cyane cyane ku bijyanye n’icyerekezo cy’umutekano wa karere no ku masezerano y’ibi bihugu.

Hagataho, visi perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, JD Vance, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri iki cyumweru, yavuze ko Amerika itari mu ntambara na Iran.

Yagize ati: “Ntabwo turi mu ntambara na Iran. Turi mu ntambara na porogaramu z’intwaro za kirimbuzi za Iran.”

Yakomeje ati: “Icyo dushaka ni amahoro. Ariko amahoro dushaka ni ayo mu rwego rwo gutuma Iran itagira gahunda yo gukora intwaro za kirimbuzi.”

Nyuma yakiriya gitero cyagabwe kuri Iran, na yo yahise irahira ko izasenyasha misile zayo ibirindiro by’Abanyamerika biri mu burasirazuba bwo hagati bakabubunga.
Ni ho perezida Trump na we yahise atangaza avuga ko muri icyo gihe byaba bigiye kuba bibi cyane kuri Iran.

Yagize ati: “Noneho byababana bibi cyane kurushaho.”

Tags: AmerikaIbyifuzoIranIsraelNucléaire
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?