• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’igitero ihuriro ry’ingabo za Congo zagerageje kugaba mu Minembwe ku munsi wa Pasika.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2025
in Conflict & Security
0
Iby’igitero ihuriro ry’ingabo za Congo zagerageje kugaba mu Minembwe ku munsi wa Pasika.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero ihuriro ry’ingabo za Congo zagerageje kugaba mu Minembwe ku munsi wa Pasika.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Amakuru ava mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’ingabo za Congo ryagerageje kugaba igitero shuma mu duce twaho dutuwe n’Abanyamulenge ariko risubizwa inyuma rugikubita.

Agace iri huriro ry’ingabo za RDC ryashatse kugabamo igitero mu gitondo cy’ahar’ejo ku cyumweru ku munsi wa Pasika y’uyu mwaka wa 2025, ni kuri Kalongi.

Kalongi ni agace gaherereye mu Burasizuba bwa komine ya Minembwe, ni nayo kandi iri ku mpera y’ahatuwe n’Abanyamulenge, kuko uyivamo ukinjira amashyamba azahurukira mu bice bya Mutambara bituwe n’Ababembe.

Aya makuru avuga ko iri huriro ry’ingabo za Congo mukugaba kiriya gitero shuma ryasakiranye n’ingabo za Twirwaneho n’iza M23 zari ku burinzi, ubundi rihabwa isomo.

Imirwano hagati y’impande zombi, amakuru avuga ko itamaze iminora icyumi, ni mu gihe iri huriro ry’ingabo za Congo ryahise riyabangira ingata.

Uyu mwanzi ugaba ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge haba mu Mikenke n’indi mihana igize komine ya Minembwe, aturuka mu gice cya Zero, Gipupu n’Abijombo.

Uwo mwanzi nk’uko aya makuru akomeza abivuga agizwe n’ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo.

Nubwo Abanyamulenge batuye mu Minembwe bagaragaza ko ubatera ava mu Gipupu, Bijombo no mu gice cya Zero, ariko nanone kandi bavuga ko mu gihe umujyi wa Uvira wo fatwa ukava mu biganza by’iri huriro ry’ingabo za Congo, icyo gihe intambara zahita zirangira kuri bo.

Twirwaneho na M23 biheruka gufata igice cya Rugezi cyose, cyavagamo umwanzi wagabaga ibitero mu Marango aherereye mu majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe.

Uwaduhaye iyi nkuru yashimangiye ibi avuga ko Rugezi n’inkengero zayo zose, bigenzurwa na Twirwaneho na M23.

Hagataho, mu Minembwe hari tuze n’amahoro, ubundi kandi ubuyobozi bwaho bukomeje kuhakora ibikorwa by’iterambere, nyuma y’aho higaruriwe n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 ku ya 21/02/2025.

Tags: IgiteroM23Minembwe
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Ibitaravuzwe ku ngabo z’u Burundi ziri mu Bibogobogo.

Ibitaravuzwe ku ngabo z'u Burundi ziri mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?