• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Amakuru ava i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo avuga ko mu ntara ya Manyema haturutse i gitero cya Wazalendo gikaze, kandi ko kigambiriye gutera abarwanyi bo mu mutwe wa m23 i Kamanyola n’i Bukavu ahafatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni amakuru yatangiye kuvugwa ku mugoroba wajoro w’ahar’ejo ku wa kabiri tariki ya 18/03/2025, aho ahamya ko Wazalendo babarirwa mu bihumbi bibiri bavuye i Manyema berekeza muri Kivu y’Amajyepfo ku rwanya m23.

Umwe mu baturage bo mu bwoko bw’Abapfulero uherereye i Luvungi muri teritware ya Uvira yahamirije Minembwe Capital News ko icyo gitero kigeze i wabo i Luvungi.

Yagize ati: “Nabonye Wazalendo bavuye mu ntara ya Manyema baje ku ntambara. Babarirwa mu bihumbi bibiri.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Bageze i Luvungi. Bavuga ko batera m23 i Kamanyola n’i Bukavu.”

Mu mpera z’umwaka ushyize ni bwo abarwanyi bo mu mutwe wa m23 binjiye muri Kivu y’Amajyepfo, aho binjiriye i Kalehe nyuma y’aho bari bamaze kugira ibice byinshi byo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bambuye ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta muri za teritware ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo na Lubero.

Tariki ya 16/02/2025, aba barwanyi bigaruriye umujyi wa Bukavu wo muri Kivu y’Epfo nyuma yuko ku wa 27/01/2025 bari bafashe uwa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri ubu bafite n’ibindi bice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo bagenzura, birimo n’umujyi muto wa Kamanyola uhana umupaka na teritware ya Uvira ivugwamo aba barwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo baje kurwanya uyu mutwe wa m23.

Kimwecyo, iki gitero kije mu gihe uyu mutwe ugenzura n’imisozi ya Rurambo iri hejuru y’umujyi wa Uvira, kuko mu cyumweru gishize ni bwo aba barwanyi bayigezemo nyuma yuko bafashe i Kaziba, ariko bakaza kuyikuramo nta mirwano ibaye.

Ubundi kandi aba barwanyi bo mu mutwe wa m23 bagenzura n’igice cya Katogota giherereye mu Kibaya cya Rusizi, aha akaba ari mu ntera ngufi uvuye i Luvungi ahamaze kugera aba Wazalendo barwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa baje kurwanya uyu mutwe.

Tags: IgiteroKamanyolaLuvungiM23Manyema
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.

Ihuriro ry'ingabo za Congo ryagabye ibitero mu mihana ituwe n'Abanyamulenge ahazwi nk'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?