Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 19, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Amakuru ava i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo avuga ko mu ntara ya Manyema haturutse i gitero cya Wazalendo gikaze, kandi ko kigambiriye gutera abarwanyi bo mu mutwe wa m23 i Kamanyola n’i Bukavu ahafatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni amakuru yatangiye kuvugwa ku mugoroba wajoro w’ahar’ejo ku wa kabiri tariki ya 18/03/2025, aho ahamya ko Wazalendo babarirwa mu bihumbi bibiri bavuye i Manyema berekeza muri Kivu y’Amajyepfo ku rwanya m23.

Umwe mu baturage bo mu bwoko bw’Abapfulero uherereye i Luvungi muri teritware ya Uvira yahamirije Minembwe Capital News ko icyo gitero kigeze i wabo i Luvungi.

Yagize ati: “Nabonye Wazalendo bavuye mu ntara ya Manyema baje ku ntambara. Babarirwa mu bihumbi bibiri.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Bageze i Luvungi. Bavuga ko batera m23 i Kamanyola n’i Bukavu.”

Mu mpera z’umwaka ushyize ni bwo abarwanyi bo mu mutwe wa m23 binjiye muri Kivu y’Amajyepfo, aho binjiriye i Kalehe nyuma y’aho bari bamaze kugira ibice byinshi byo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bambuye ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta muri za teritware ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo na Lubero.

Tariki ya 16/02/2025, aba barwanyi bigaruriye umujyi wa Bukavu wo muri Kivu y’Epfo nyuma yuko ku wa 27/01/2025 bari bafashe uwa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri ubu bafite n’ibindi bice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo bagenzura, birimo n’umujyi muto wa Kamanyola uhana umupaka na teritware ya Uvira ivugwamo aba barwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo baje kurwanya uyu mutwe wa m23.

Kimwecyo, iki gitero kije mu gihe uyu mutwe ugenzura n’imisozi ya Rurambo iri hejuru y’umujyi wa Uvira, kuko mu cyumweru gishize ni bwo aba barwanyi bayigezemo nyuma yuko bafashe i Kaziba, ariko bakaza kuyikuramo nta mirwano ibaye.

Ubundi kandi aba barwanyi bo mu mutwe wa m23 bagenzura n’igice cya Katogota giherereye mu Kibaya cya Rusizi, aha akaba ari mu ntera ngufi uvuye i Luvungi ahamaze kugera aba Wazalendo barwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa baje kurwanya uyu mutwe.

Tags: IgiteroKamanyolaLuvungiM23Manyema
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.

Ihuriro ry'ingabo za Congo ryagabye ibitero mu mihana ituwe n'Abanyamulenge ahazwi nk'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?