• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’igitero kiremereye FARDC na FDLR bagabye mu baturage baturiye mu Kalingi

minebwenews by minebwenews
December 28, 2024
in Regional Politics
0
FARDC mu ijoro, yakomeje kugaba ibitero mu baturage Babanyamulenge.
136
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero kiremereye FARDC na FDLR bagabye mu baturage baturiye mu Kalingi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe witerabwoba wa FDLR bateye abaturage mu Kalingi; bikavugwa ko icyo gitero cyari gikomeye, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni gitero FARDC na FDLR bagabye isaha icumi n’iminota itanu(4:05 pm) z’umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 27/12/2024.

Minembwe.com yamenye ko “iz’i ngabo mu kugaba iki gitero zatuturutse mu Mikenke.”

Hari amakuru avuga ko FARDC mu kugaba iki gitero itari kumwe gusa na FDLR hubwo ko yari kumwe kandi n’ingabo z’u Burundi na Maï-Maï.

Amakuru akomeza avuga ko “iki gitero cya FARDC cyagabwe neza ahitwa ku Gaturiro ahari abaturage birwanaho.”
Aka gace ni agasozi gashaka kuzamukaho gato, gaherereye mu gisambu cya Nyarubira kiri hagati ya Kalingi na Mikenke.

Abaturage mu kwirwanaho bakubise iri huriro ry’Ingabo za RDC risubira inyuma. Ariko bikemezwa ko nanone iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FDLR, Maï-Maï na FARDC ritasubiye inyuma cyane, hubwo ko rikiri aho hafi kuko n’ubundi muri ibyo Bisambu bikirimo byumvikanamo urusaku rw’imbunda muri aya masaha ya samoya n’igice ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Nubwo ku ruhande rw’abaturage bahagaritse ibyo kurasa.

Hagataho Abanyamulenge bari mu bihe bibaremerereye by’intambara barimo gushorwaho n’ingabo za Leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Ni mu gihe ibyo bihe bibi by’intambara bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu babo.

Ku gicamunsi cy’uyu munsi nabwo, mu bice byo mu Biziba, Maï-Maï yagabye igitero. Kandi bikavugwa ko cyari kiremereye kuko yashakaga kwica abasivile no kunyaga Inka zabo. Twirwaneho igisubiza inyuma.

Tubibutsa ko uyu munsi ubaye uwa gatatu aba Banyamulenge bagabweho ibitero, aho byatangiye ku wa gatatu tariki ya 25/12/2024.

Tags: FardcKalingiMikenkeMu bisambu
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Me. Nyarugabo, yashyize ahabona ubugome FARDC iri gukora mu Minembwe.

Abashigikiye FARDC na FDLR gukomeza kwica Abanyamulenge mu Minembwe, Me. Nyarugabo yabagiriye inama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?