• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’ikiganiro cy’ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2025
in Regional Politics
0
Iby’ikiganiro cy’ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ikiganiro cy’ubuyobozi bwa Gatolika muri RDC na M23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ihuriro ry’Abepesikopi ba kiliziya gaturika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo (CENCO) n’aba ECC bahuriye mu mujyi wa Goma bagirana ikiganiro cyihariye n’ubuyobozi bw’umutwe wa M23, aho barimo baganira ku mutekano w’u Burasirazuba bw’iki gihugu cya Congo, ndetse no gushakira umuti ikibazo cy’ubukungu cyugarije umujyi wa Goma.

Fulgence Muteba, arkepiskopi wa Diyoseze Katolika ya Lubumbashi, akaba n’umuyobozi wa CENCO hamwe na musenyeri Donatien Nshole umunyabanga mukuru wa CENCO ari nawe muvugizi w’iri huriro, nibo bayoboye iritsinda.

Ahagana mu masaha y’igitondo cy’ejo hashize itariki ya 12/02/2025, izi ntumwa nibwo zageze mu mujyi wa Goma. Aba bayobozi bakiliziya gatolika bagiranye ikiganiro cyihariye n’ubuyobozi bw’umutwe wa M23, ikiganiro cyari kigamije kwiga ku kibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC. Iki kiganiro cyabereye mu mwiherero muri Hoteli Serena y’i Goma.

Ni ibiganiro kandi byari bigamije gushakira umuti ibibazo bitandukanye birimo n’iby’ubukungu ku baturage bo mu mujyi wa Goma. Umunyabanga mukuru wa CENCO akaba n’umuvugizi w’iri huriro mu kiganiro yahaye abanyamakuru ibi biganiro bisojwe yumvikanishije ko kuri bo uyu ari umwanya ukomeye wo kugerageza guhuza impande zihanganye mu kureba uburyo amahoro n’umutekano birambye byaboneka muri RDC.

Kuri we kuba M23 iri mu barebwa cyane n’ikibazo cy’umutekano, byari ngombwa ko nabo babaganiriza bakumva icyo bagitekerezaho. Yongeraho kuba uburasirazuba bwa RDC bugaragaramo ibibazo by’intambara z’urudaca bikomeza gutera impungenge kiliziya gaturika n’indi miryango mpuzamahanga.

Donatien Nshole yongeyeho ko ubutumwa bagenda bageza ku nzego zitandukanye haba iza leta n’iza sosiyete sivili ndetse no kuba bahuye na M23 buri wese agomba gukora ibishoboka mu kugarura amahoro arambye.

Ikindi mu byari byitezweho ni uburyo ikibuga cy’indege cya Goma cyafungurwa ibikorwa bigakomeza yewe no gufungura inzira y’amazi ku bikorwa bihuza umujyi wa Goma na Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bamwe mu banyapolitiki bo muri RDC bavuga ko kuba kiliziya gaturika yinjiye muri iki kibazo bishobora gutanga icyizere ko igisubizo ku kibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC gishobora kubonerwa umuti.

Izi ntumwa za kiliziya zageze mu mujyi wa Goma nyuma yo guhura n’umukuru w’igihugu Cya RDC Félix Tshisekedi mu Cyumweru gishize. Ibiganiro bagiranye byibanze n’ubundi ku mutekano w’abaturage bo mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho usanga ibice byinshi haba muri Kivu y’Amajy’epfo n’iyi Yaruguru birimo intambara.

Tags: GomaM23Rdc
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umutekano w’ikibuga cy’indege cya Minembwe wakajijwe.

FARDC na FDLR bongeye kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?