• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’imbitse ku bihano byafatiwe abayobozi bo muri m23 n’abo mungabo z’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2025
in Regional Politics
0
Mbere yuko ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa bitangira, hari byasabwe.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’imbitse ku bihano byafatiwe abayobozi bo muri m23 n’abo mungabo z’u Rwanda.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wafatiye ibihano abantu icenda barimo abasirikare bakuru bo mu ngabo z’u Rwanda n’abo mu mutwe wa m23 ndetse n’abasivili uvuga ko bafite uruhare mu makimbirane y’intambara iri kubera mu Burasizuba bwa Congo.

Uyu mutwe wa m23 uheruka kwigarurira ibice bitandukanye harimo n’imijyi ya Bukavu n’uwa Goma, imirwa mikuru y’intara ya Kivu y’Epfo n’i Yaruguru.

Reta Zunze ubumwe z’Amerika n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi na ONU bishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

ONU ivuga ko u Rwanda rwohereje muri Congo ingabo zibarirwa mu bihumbi bine. U Rwanda rukabihakana, kandi rukavuga ko ntaruhare rufite muri iyi ntambara iri kubera muri Congo, ruvuga ko gusa rufata ingamba z’ubwirinzi ku gihugu cyabo n’imbibi zacyo.

Ku ruhande rwa m23 abafitiwe ibihano barimo: Bertrand Bisimwa perezida w’uyu mutwe wa m23, Colonel John Nzeze ushinzwe ishami ry’iperereza muri uyu mutwe wa m23, Colonel Joseph Bahati Musanga, azwi nka Colonel Bahati Erasto, niwe uyoboye intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ku ruhande rw’u Rwanda abafatiwe ibihano bashinjwa gufasha m23 mu byagisirikare.

Barimo: “General Major Ruki Karusisi uzwi nka Rocky ayoboye special force y’ingabo z’u Rwanda, General Major Eugene Nkubito, na Brigadier General Pascal Muhizi. Ubumwe bw’u Burayi bushinja aba bombi kuyobora abasirikare bagiye gufasha umutwe wa m23 mu ntambara.

Mu bandi bafatiwe ibihano harimo abasivili b’Abanyekongo n’Abanyarwanda, bu bashinja kwegeranya abarwanyi.

Ku ruhande rwa m23 harimo Desire Rukomera, uwo ubu bumwe bw’u Burayi bushinja kuba ashinzwe icengezamatwara(propagande) muri uwo mutwe.

Hari na Jean Bosco Nzabonimpa Mupenzi ushinzwe ishami ry’imari muri m23.

Mu gihe ku ruhande rw’u Rwanda mu basivili harimwo Francis Kamanzi ushinzwe ishirahamwe rya Leta y’u Rwanda rishinzwe amabuye y’agaciro n’ibikomoka kuri peteroli na Gaz, hamwe n’ishirahamwe Gisabo Golf Rifinery rikora mu bucuruzi bw’inzahabu rikaba rifite icyicaro i Kigali.

Ribashinja gucuruza ibya magendu, kandi ko basahura amabuye y’agaciro yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo mu birombe biherereye mu bice m23 yigaruriye.

Ubumwe bw’u Burayi buvuga ko ibihano abo bose bafatiwe ari ugufatirwa imitungo bafite mu bihugu byo mu Burayi no kubuzwa kugira ingendo mu bihugu bigize uwo muryango.

Tags: IbihanoM23U BurayiU Rwanda
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe byavugwa ko u Burundi n’u Rwanda birimo kwiyunga, Ndayishimiye yongeye kuri kora atungura benshi.

Mu gihe byavugwa ko u Burundi n'u Rwanda birimo kwiyunga, Ndayishimiye yongeye kuri kora atungura benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?