• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024 yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni intambara yari ihanganishije uruhande rw’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.

Amasoko yacu avuga ko iyi mirwano yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa ko yabaye mu masaha y’umugoroba wa joro.

Nk’uko bivugwa n’uko mu mirwano yabereye i Mubambiro hafi na centre ya Sake, yasize M23 isenyaguye igifaru cy’iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ndetse kandi aha i Mubambiro hakaba haraguye abasirikare benshi ba leta ya Kinshasa, abandi nabo barakomereka. Ni mu gihe M23 yari yafatiye iri huriro ry’Ingabo za RDC icyo bita ambush; kuko uru rugamba rwanabaye akanya gato.

Indi mirwano ikarishye yabereye mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, mu gace kitwa Bulindi kandi nayo yabaye ku masaha y’umugoroba. Byanasobanuwe ko uru rugamba rwabereye i Mubambiro no mu nkengero za Kanyabayonga, rwabaye amasaha amwe.

Gusa ihuriro ry’Ingabo za RDC niryo ryari ryagabye ibitero mu birindiro bya M23 biri i Bulindi, ariko M23 yaje gusubiza ibi bitero inyuma yari yagabweho, ndetse ikaba ikigenzura ibi bice byose biherereye mu nkengero za Kanyabayonga, naho iri huriro ry’Ingabo za RDC rikaba naryo rigenzura mu isantire hagati.

Ku rundi ruhande ibindi bitero bikomeye byagabwe muri centre ya Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bikaba byarumvikanyemo ibisasu bikaze bya rutura aho ndetse ibyo bisasu byangirije byinshi.

Mu byangirijwe, harimo ko hasenyutse amazu y’abatutage ndetse kandi bamwe mu baturage bagana iyu buhungiro.

Ibyo bibaye mu gihe i Bukavu, ahazwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha huriye abadepite n’abandi bategetsi bakomeye bo muri Kivu Yarauguru na Kivu y’Epfo, kugira ngo basuzumire hamwe icyakorwa kugira ngo umutekano ubashye kugaruka muri ibi bice.

                      MCN.
Tags: BulindiKanyabayongaMinovaMubambiroSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y’Epfo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.

Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y'Epfo, batewe ubwoba n'ibirimo gukorerwa iwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?