Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024 yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni intambara yari ihanganishije uruhande rw’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.

Amasoko yacu avuga ko iyi mirwano yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa ko yabaye mu masaha y’umugoroba wa joro.

Nk’uko bivugwa n’uko mu mirwano yabereye i Mubambiro hafi na centre ya Sake, yasize M23 isenyaguye igifaru cy’iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ndetse kandi aha i Mubambiro hakaba haraguye abasirikare benshi ba leta ya Kinshasa, abandi nabo barakomereka. Ni mu gihe M23 yari yafatiye iri huriro ry’Ingabo za RDC icyo bita ambush; kuko uru rugamba rwanabaye akanya gato.

Indi mirwano ikarishye yabereye mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, mu gace kitwa Bulindi kandi nayo yabaye ku masaha y’umugoroba. Byanasobanuwe ko uru rugamba rwabereye i Mubambiro no mu nkengero za Kanyabayonga, rwabaye amasaha amwe.

Gusa ihuriro ry’Ingabo za RDC niryo ryari ryagabye ibitero mu birindiro bya M23 biri i Bulindi, ariko M23 yaje gusubiza ibi bitero inyuma yari yagabweho, ndetse ikaba ikigenzura ibi bice byose biherereye mu nkengero za Kanyabayonga, naho iri huriro ry’Ingabo za RDC rikaba naryo rigenzura mu isantire hagati.

Ku rundi ruhande ibindi bitero bikomeye byagabwe muri centre ya Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bikaba byarumvikanyemo ibisasu bikaze bya rutura aho ndetse ibyo bisasu byangirije byinshi.

Mu byangirijwe, harimo ko hasenyutse amazu y’abatutage ndetse kandi bamwe mu baturage bagana iyu buhungiro.

Ibyo bibaye mu gihe i Bukavu, ahazwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha huriye abadepite n’abandi bategetsi bakomeye bo muri Kivu Yarauguru na Kivu y’Epfo, kugira ngo basuzumire hamwe icyakorwa kugira ngo umutekano ubashye kugaruka muri ibi bice.

                      MCN.
Tags: BulindiKanyabayongaMinovaMubambiroSake
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y’Epfo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.

Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y'Epfo, batewe ubwoba n'ibirimo gukorerwa iwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?