• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2025
in Uncategorized
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda umutekano w’ibiganiro abantu bagirana haba mu matsinda no hagati yabantu babiri kuburyo nta muntu uzaba agishobora gukuraho bya biganiro ngo abijyane ku zindi mbuga.

Ni byatangajwe n’ubuyobozi bw’uru rubuga rwa Whatsapp, ruvuga ko ubwo buryo bugiye gushyiraho bwahawe izina rya “advanced chat privacy,” bivuze uburyo bugamije kurinda umutekano w’ibiganiro abantu baba batifuza ko bijya hanze.

Mu gihe iyi gahunda izaba itangiye gukoreshwa, umuntu ntabwo azaba acyemerewe guhita abika amashusho cyangwa ibindi byasangijwe kuri Whatsapp nku butumwa woherejwe ngo ube wabwohereza mu zindi mbuga zikoresha ubwenge buhangano mu buryo bworoshye nk’uko bikorwa ubu.

Ubu buyobozi bwa Whatsapp kandi, bwavuze ko iri koranabuhanga rizatuma abayikoresha bagira icyizere ko nta muntu uzongera kubasha gusakaza ibiganiro bagiranye.

Iyi mikorere ubuyobozi bukemeza ko izatangira gukoreshwa mu minsi mike iri mbere kandi ko izajya igendana n’umutekano w’ibiganiro by’abayikoresha.

Kandi iri korana buhanga rizaba rikora ku bantu bose bafite muri telephone zabo programu ya Whatsapp igezweho ari yo “Latest version.”

Uburyo bwo kurinda amakuru bukoreshwa na Whatsapp ubu ni ubwo gukora ku buryo uyagiraho ububasha aba ari uwayohererejwe gusa.

Tags: ImpindukaWhatsapp
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails

Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

by minebwenews
February 26, 2025
0
Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

Iby'indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake. Ni indwara itaramemyekana aho imaze guhitana abarenga 50, mu majyaguru y'uburengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bo kwa Tshisekedi barashinjwa gukambika mu ifamu ya Katumbi.

Abasirikare bo kwa Tshisekedi barashinjwa gukambika mu ifamu ya Katumbi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?