Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2025
in Regional Politics
0
Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

I Kampala muri Uganda hahuriye abategetsi batandukanye bo mu bihugu 11 byo muri Afrika, aho bagiye kurebera hamwe ikibazo cy’umutekano muke umaze igihe urangwa mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni nama iri bube kuri uyu wa gatatu tariki ya 28/05/2025, ikaba iza kwitabirwa n’aba minisitiri b’ubanye n’amahanga bo mu bihugu 11, nyuma iyabakuru bibyo bihugu nayo ibone kuba.

Tariki ya 24/02/2013, ni bwo abayobozi bibi bihugu byitabiriye iyi nama basinye amasezerano y’ubufanye. Ndetse icyo gihe hashyirwaho n’urwego rushinzwe gukurikirana uburyo ayo masezerano ashyirwa mu bikorwa rwiswe ROM (Regional Oversights Mechanism).

Ibyo bihugu byasinye aya masezerano harimo u Rwanda, Repubulika ya Centrafrique, RDC, Congo-Brazaville, Afrika y’Epfo, Sudan y’Epfo, Tanzania, Uganda, Kenya, Sudan na Zambia.

Muri aya masezerano, RDC yasabwe gukora impinduka zifatika mu rwego rw’umutekano, kwegereza abaturage ubuyobozi, gukora amavugurura mu nzego za Leta, kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge no kuvugurura imiyoborere by’umwihariko mu Burasizuba bwa Congo.

Ibi bihugu biri muri aya masezerano byasabwe kubahirana ubusugire n’ubwingenge, kudaha ubufasha imitwe yitwaje intwaro no kutihanganira abayifasha, gukomeza ubufatanye mu rwego rw’ubukungu n’ubutabera no kudacumbikira abakekwaho ibyaha by’intambara n’ibyibasira inyokomuntu.

Mu gihe imyaka 12 ishize aya masezerano yarashyizweho umukono, umutekano mu Burasizuba bwa Congo, wakomeje kuzamba, ndetse Leta y’iki gihugu ifasha imitwe yitwaje intwaro igamije kugira ngo iyifashe kurwanya umutwe wa M23 wayizengereje.

Mbere yuko iyi nama iterangira i Kampala, Ndayishimiye w’u Burundi uyoboye urwo rwego yabanje kwerekeza i Kinshasa muri RDC kuganira na perezida Felix Tshisekedi ku mutekano wa RDC no kumubano w’ibihugu byombi.

Binateganyijwe ko uyu Ndayishimiye uyoboye uru rwego rushyinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa aya masezerano kuva mu mwaka wa 2023, aza simburwa na perezida Yoweli Kaguta Miseveni kuri uwo mwanya.

Tags: KampalaRdcROMUmutekano
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burusiya yabwiwe ko ari gukina n’umuriro ugurumana.

Perezida w'u Burusiya yabwiwe ko ari gukina n'umuriro ugurumana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?