• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2025
in Regional Politics
0
Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

I Kampala muri Uganda hahuriye abategetsi batandukanye bo mu bihugu 11 byo muri Afrika, aho bagiye kurebera hamwe ikibazo cy’umutekano muke umaze igihe urangwa mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni nama iri bube kuri uyu wa gatatu tariki ya 28/05/2025, ikaba iza kwitabirwa n’aba minisitiri b’ubanye n’amahanga bo mu bihugu 11, nyuma iyabakuru bibyo bihugu nayo ibone kuba.

Tariki ya 24/02/2013, ni bwo abayobozi bibi bihugu byitabiriye iyi nama basinye amasezerano y’ubufanye. Ndetse icyo gihe hashyirwaho n’urwego rushinzwe gukurikirana uburyo ayo masezerano ashyirwa mu bikorwa rwiswe ROM (Regional Oversights Mechanism).

Ibyo bihugu byasinye aya masezerano harimo u Rwanda, Repubulika ya Centrafrique, RDC, Congo-Brazaville, Afrika y’Epfo, Sudan y’Epfo, Tanzania, Uganda, Kenya, Sudan na Zambia.

Muri aya masezerano, RDC yasabwe gukora impinduka zifatika mu rwego rw’umutekano, kwegereza abaturage ubuyobozi, gukora amavugurura mu nzego za Leta, kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge no kuvugurura imiyoborere by’umwihariko mu Burasizuba bwa Congo.

Ibi bihugu biri muri aya masezerano byasabwe kubahirana ubusugire n’ubwingenge, kudaha ubufasha imitwe yitwaje intwaro no kutihanganira abayifasha, gukomeza ubufatanye mu rwego rw’ubukungu n’ubutabera no kudacumbikira abakekwaho ibyaha by’intambara n’ibyibasira inyokomuntu.

Mu gihe imyaka 12 ishize aya masezerano yarashyizweho umukono, umutekano mu Burasizuba bwa Congo, wakomeje kuzamba, ndetse Leta y’iki gihugu ifasha imitwe yitwaje intwaro igamije kugira ngo iyifashe kurwanya umutwe wa M23 wayizengereje.

Mbere yuko iyi nama iterangira i Kampala, Ndayishimiye w’u Burundi uyoboye urwo rwego yabanje kwerekeza i Kinshasa muri RDC kuganira na perezida Felix Tshisekedi ku mutekano wa RDC no kumubano w’ibihugu byombi.

Binateganyijwe ko uyu Ndayishimiye uyoboye uru rwego rushyinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa aya masezerano kuva mu mwaka wa 2023, aza simburwa na perezida Yoweli Kaguta Miseveni kuri uwo mwanya.

Tags: KampalaRdcROMUmutekano
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burusiya yabwiwe ko ari gukina n’umuriro ugurumana.

Perezida w'u Burusiya yabwiwe ko ari gukina n'umuriro ugurumana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?