• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni ibiganiro byahuje umujanama mukuru mu by’umutekano mu biro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Jake Sullivan, hamwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yo, bakaba bahuriye i Beijing.

Uyu munsi ni ugira Kabiri ibi biganiro birimo. Amakuru yatangajwe n’ibitangaza makuru bitandukanye, avuga ko ahanini ibi biganiro byibanze ku ngingo zirimo ubufatanye hagati ya Amerika n’u Bushinwa, hamwe n’umwuka mubi uri mu bihugu byegereye inyanja yitiriwe u Bushinwa, iherereye mu majyepfo y’iki gihugu.

Aba bayobozi bombi batangaje ko ibiganiro bagiranye byagenze neza, aho bagaragaje ko buri ruhande rwavuze ukuri, kandi ndetse bemeza ko baganiriye ibyubaka.

Itangazo rya sohowe n’ibiro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (White House), rivuga ko perezida wa Amerika Joe Biden n’uw’u Bushinwa, Xi Jinping, mu byumweru bike biri mbere bazaganira hakoreshejwe telefone ngendanwa, nyuma yubwo, aba bakuru b’ibihugu byombi bazaganira barebana amaso ku yandi.

Sullivan na Wang bumvikanye kandi ko ari ngombwa ko igisirikare cy’ibihugu byombi cyaza gihanahana amakuru. Ndetse kandi bakaba bemeranije ko mu minsi iri imbere, abakuru b’ingabo z’ibi bihugu bazagirana ibiganiro hifashijijwe ikorana buhanga rya none.

Wang Yi yabwiye televisiyo y’igihugu cy’u Bushinwa (CCTV), ko ubusabane bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bushinwa kugira ngo bureme bisaba ko buri ruhande rw’ubaha urwabo, kandi ko buri ruhande rugafata urwabo nkurungana n’urundi.

Ibiganiro hagati y’umujanama mukuru mu by’umutekano mu biro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bushinwa, byagarutse kandi ku mutekano wa buri ruhande ndetse ko no muri Tayiwane hagomba gukingirwa.

Televisiyo y’u Bushinwa, yatangaje ko minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga ko yabwiye Sullivan, umujanama mukuru mu biro by’umukuru w’igihugu cya Amerika ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika igomba kureka guha ubufasha bw’ibikoresho bya gisirikare cya Tayiwane kandi ko kureka yigenga bizobangamira u Bushinwa.

Aba bayobozi bombi kandi, baganiriye ku makimbirane ari mu karere k’i nyanja iherereye mu majyepfo y’iki gihugu cy’u Bushinwa. Ku bwa Wang Yi w’u Bushinwa yaburiye Amerika kureka gushyigikira Filipine, yagize ati: “Amerika ikwiye kureka gushyigikira igihugu runaka kugira ngo ibangamire ubwigenge bw’u Bushinwa, kandi ntigomba gushyigikira amakosa ya Filipine.”

Ririya tangazo ry’ibiro by’u mukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe, ryavuze kandi ko umujanama mukuru mu biro by’umukuru w’iki gihugu, ko yasabye nayo u Bushinwa kureka kubangamira Filipine mu bikorwa byayo byemewe n’amategeko.

Biteganijwe ko ibiganiro byaba bayobozi bombi, uwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bushinwa bizakomeza kuri uyu wa Kane, aho baza no kuganira ku bijanye n’ubucuruzi bureba ibi bihugu byombi, umutekano muke hagati ya Ukraine n’u Burusiya ndetse kandi no ku mutekano uri mu karere ko hagati y’Isi.

             MCN.
Tags: AmerikaI BeijingU Bushinwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
AFC yagize ibindi itangaza, ndetse itabariza n’umunyakenya washimuswe n’ingabo za RDC.

AFC yagize ibindi itangaza, ndetse itabariza n'umunyakenya washimuswe n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?