• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyinshi wa menya ku biganiro biri kubera i Beijing, aho biri guhuza Amerika n’u Bushinwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibiganiro byahuje umujanama mukuru mu by’umutekano mu biro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Jake Sullivan, hamwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yo, bakaba bahuriye i Beijing.

Uyu munsi ni ugira Kabiri ibi biganiro birimo. Amakuru yatangajwe n’ibitangaza makuru bitandukanye, avuga ko ahanini ibi biganiro byibanze ku ngingo zirimo ubufatanye hagati ya Amerika n’u Bushinwa, hamwe n’umwuka mubi uri mu bihugu byegereye inyanja yitiriwe u Bushinwa, iherereye mu majyepfo y’iki gihugu.

Aba bayobozi bombi batangaje ko ibiganiro bagiranye byagenze neza, aho bagaragaje ko buri ruhande rwavuze ukuri, kandi ndetse bemeza ko baganiriye ibyubaka.

Itangazo rya sohowe n’ibiro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (White House), rivuga ko perezida wa Amerika Joe Biden n’uw’u Bushinwa, Xi Jinping, mu byumweru bike biri mbere bazaganira hakoreshejwe telefone ngendanwa, nyuma yubwo, aba bakuru b’ibihugu byombi bazaganira barebana amaso ku yandi.

Sullivan na Wang bumvikanye kandi ko ari ngombwa ko igisirikare cy’ibihugu byombi cyaza gihanahana amakuru. Ndetse kandi bakaba bemeranije ko mu minsi iri imbere, abakuru b’ingabo z’ibi bihugu bazagirana ibiganiro hifashijijwe ikorana buhanga rya none.

Wang Yi yabwiye televisiyo y’igihugu cy’u Bushinwa (CCTV), ko ubusabane bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bushinwa kugira ngo bureme bisaba ko buri ruhande rw’ubaha urwabo, kandi ko buri ruhande rugafata urwabo nkurungana n’urundi.

Ibiganiro hagati y’umujanama mukuru mu by’umutekano mu biro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bushinwa, byagarutse kandi ku mutekano wa buri ruhande ndetse ko no muri Tayiwane hagomba gukingirwa.

Televisiyo y’u Bushinwa, yatangaje ko minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga ko yabwiye Sullivan, umujanama mukuru mu biro by’umukuru w’igihugu cya Amerika ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika igomba kureka guha ubufasha bw’ibikoresho bya gisirikare cya Tayiwane kandi ko kureka yigenga bizobangamira u Bushinwa.

Aba bayobozi bombi kandi, baganiriye ku makimbirane ari mu karere k’i nyanja iherereye mu majyepfo y’iki gihugu cy’u Bushinwa. Ku bwa Wang Yi w’u Bushinwa yaburiye Amerika kureka gushyigikira Filipine, yagize ati: “Amerika ikwiye kureka gushyigikira igihugu runaka kugira ngo ibangamire ubwigenge bw’u Bushinwa, kandi ntigomba gushyigikira amakosa ya Filipine.”

Ririya tangazo ry’ibiro by’u mukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe, ryavuze kandi ko umujanama mukuru mu biro by’umukuru w’iki gihugu, ko yasabye nayo u Bushinwa kureka kubangamira Filipine mu bikorwa byayo byemewe n’amategeko.

Biteganijwe ko ibiganiro byaba bayobozi bombi, uwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bushinwa bizakomeza kuri uyu wa Kane, aho baza no kuganira ku bijanye n’ubucuruzi bureba ibi bihugu byombi, umutekano muke hagati ya Ukraine n’u Burusiya ndetse kandi no ku mutekano uri mu karere ko hagati y’Isi.

             MCN.
Tags: AmerikaI BeijingU Bushinwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
AFC yagize ibindi itangaza, ndetse itabariza n’umunyakenya washimuswe n’ingabo za RDC.

AFC yagize ibindi itangaza, ndetse itabariza n'umunyakenya washimuswe n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?