• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 22, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

You might also like

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, uheruka kugirira uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baraganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa.

Nk’uko amakuru abivuga Tshisekedi yakiriwe na mugenzi we wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa anamusaba kwegeranya abo yita abanzi bakaganira mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano Abanyekongo bamaze imyaka myinshi mu ntambara.

Iyi gahunda ni na yo ivugwa nk’impamvu nyamukuru yatumye urukiko rwa gisirikare i Kinshasa rusubika gusoma urubanza rwa Joseph Kabila mu mpera za kiriya cyumweru.

Urugendo rwa Thisekedi muri Africa y’Epfo rwateje impuhwa nyinshi, birenze ibisobanuro byatanzwe ku ruzinduko rwafatwaga nk’urusanzwe rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi. Umwe mu bo hafi ya perezida Felix Tshisekedi, ariko utarifuje ko amazina ye atangazwa, yavuze ko uyu mukuru w’igihugu cyabo yabonanye imbonankubone na Joseph Kabila wayoboye RDC.

Avuga ko umuhuro wabo wa Tshisekedi na Joseph Kabila wabaye mu ibanga rikomeye, kandi ahamya ko wateguwe na perezida wa Africa y’Epfo, Ramaphosa.

Asobanura ko uwahoze ari perezida wa Africa y’Epfo, Thabo Mbeki yegereye cyane Ramaphosa amusaba gutegura iki cyicaro, na we akabyemera ari na yo yabaye intandaro yaguhuza Tshisekedi na Kabila.

Iyi nkuru ivuga kandi ko ubu butumire na none atari impanuka nyuma y’uko Kinshasa yanze ubutumire bwa Mbeki mu nama y’amahoro iherutse kubera muri Afrika y’Epfo yari yanatumiwemo na Joseph Kabila ndetse na AFC/M23. Ibi birerekana kwegera abo bireba mu buryo butaziguye kandi butandukanye cyane na protocoles zisanzwe.

Ibi bihuzwa kandi n’isubikwa ritunguranye ry’urubanza rwa Joseph Kabila rwaciwe n’urukiko rukuru rw’igisirikare cya RDC. Ababikurikiranira hafi bavuga ko ari ibimenyetso gikomeye. Uku gusubukikwa kw’isomwa ry’urubanza gushobora kuba ari itegeko cyangwa byibura ikimenyetso cyo guhoshya, kugira ngo bizorohereze ibiganiro.

Mu gihe koko byaba ari ukuri Tshisekedi akaba yarahuye na Kabila, byaba ari impinduka zidasanzwe muri politiki ya Congo, ku buryo zishobora kuzana amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Africa y'EpfoJoseph KabilaTshisekedi
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida...

Read moreDetails

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Fardc yishwe arashwe mu misozi ya Fizi

Umusirikare wa Fardc yishwe arashwe mu misozi ya Fizi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?