• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 22, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, uheruka kugirira uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baraganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa.

Nk’uko amakuru abivuga Tshisekedi yakiriwe na mugenzi we wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa anamusaba kwegeranya abo yita abanzi bakaganira mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano Abanyekongo bamaze imyaka myinshi mu ntambara.

Iyi gahunda ni na yo ivugwa nk’impamvu nyamukuru yatumye urukiko rwa gisirikare i Kinshasa rusubika gusoma urubanza rwa Joseph Kabila mu mpera za kiriya cyumweru.

Urugendo rwa Thisekedi muri Africa y’Epfo rwateje impuhwa nyinshi, birenze ibisobanuro byatanzwe ku ruzinduko rwafatwaga nk’urusanzwe rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi. Umwe mu bo hafi ya perezida Felix Tshisekedi, ariko utarifuje ko amazina ye atangazwa, yavuze ko uyu mukuru w’igihugu cyabo yabonanye imbonankubone na Joseph Kabila wayoboye RDC.

Avuga ko umuhuro wabo wa Tshisekedi na Joseph Kabila wabaye mu ibanga rikomeye, kandi ahamya ko wateguwe na perezida wa Africa y’Epfo, Ramaphosa.

Asobanura ko uwahoze ari perezida wa Africa y’Epfo, Thabo Mbeki yegereye cyane Ramaphosa amusaba gutegura iki cyicaro, na we akabyemera ari na yo yabaye intandaro yaguhuza Tshisekedi na Kabila.

Iyi nkuru ivuga kandi ko ubu butumire na none atari impanuka nyuma y’uko Kinshasa yanze ubutumire bwa Mbeki mu nama y’amahoro iherutse kubera muri Afrika y’Epfo yari yanatumiwemo na Joseph Kabila ndetse na AFC/M23. Ibi birerekana kwegera abo bireba mu buryo butaziguye kandi butandukanye cyane na protocoles zisanzwe.

Ibi bihuzwa kandi n’isubikwa ritunguranye ry’urubanza rwa Joseph Kabila rwaciwe n’urukiko rukuru rw’igisirikare cya RDC. Ababikurikiranira hafi bavuga ko ari ibimenyetso gikomeye. Uku gusubukikwa kw’isomwa ry’urubanza gushobora kuba ari itegeko cyangwa byibura ikimenyetso cyo guhoshya, kugira ngo bizorohereze ibiganiro.

Mu gihe koko byaba ari ukuri Tshisekedi akaba yarahuye na Kabila, byaba ari impinduka zidasanzwe muri politiki ya Congo, ku buryo zishobora kuzana amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Africa y'EpfoJoseph KabilaTshisekedi
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Fardc yishwe arashwe mu misozi ya Fizi

Umusirikare wa Fardc yishwe arashwe mu misozi ya Fizi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?