• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

You might also like

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri uku kwezi bisinya amasezerano y’amahoro, ariko igihe cyo kuyashyiraho umukono kiracyari kure nk’ukwezi nubwo bivugwa ko azasinywa mu kwezi gutaha.

Nibyatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, aho yavuze ko amasezerano y’amahoro hagati y’impande zirebwa na yo agifite igihe imbere yo kuyasinya.

Hagati muri iki cyumweru, minisitiri Nduhungurehe na mugenzi we wa RDC minisitiri Kayikwamba Wagner bagiranye ibiganiro ni biganiro kandi bagiranye na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi.
Ibi biganiro byabo byabereye i Beijing mu Bushinwa.

Nk’uko byari biteganyijwe nuko amasezerano y’amahoro yari gusinywa hagati muri uku kwezi kwa gatandatu.

Ariko minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, abinyujije kuri x, yagize ati: “Nta masezerano azasinywa hagati y’u Rwanda na Congo kuri iki cyumweru.”

Asobanura ko mu kwezi kwa gatandatu hagati yari intego bihaye ariko ngo ntibyashobotse ngo bitewe n’ukuri guhari mu biganiro biri kuba.

Nduhungurehe yakomeje avuga ko nyuma y’ibiganiro kuri Email, guhura imbona nkubone ubu ari bwo inzobere za buri ruhande zatangiye ibiganiro i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ati: “Intego si yindi ni ukugarira ku bintu bifatika kandi buri ruhande rukabyungukiramo.”

Nk’uko biteganyijwe ni uko impande zombi ziganira, zarangiza kumvikana zigafata inyandiko zateweho umukono zikazishyikiriza ba minisitiri b’ubanye n’amahanga, nyuma na bo bakabona kuziha abakuru b’ibihugu bagasinya amasezerano.

Ubwumvikane hagati y’u Rwanda na Congo bwajemo agatotsi ku rwego rurenze igipimo cyane cyane ubwo umutwe wa M23 wuburaga imirwano mu mpera z’umwaka wa 2021, ushinja RDC kutubahiriza amasezerano yagiranye na wo.

RDC na yo ishinja u Rwanda gufasha uwo mutwe uyirwanya unamaze kwigarurira igice kinini cyayo, aho ubu bibarwa ko wigaruriye hafi u Burasirazuba bwose bw’iki gihugu. Mu gihe u Rwanda na rwo rushinja RDC gukorana n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu gihugu cyabo mu mwaka wa 1994.

Tags: amahoroAmasezeranoAracyari kureRdcWashington DC
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC. Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu...

Read moreDetails

RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
RDC n’u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC.

RDC n'u Rwanda byongeye guhurira i Washington DC. Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya mbere y'u Rwego rw'umutekano ibihugu byombi bihuriyeho....

Read moreDetails

Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Ndayishimiye w'u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimiye abasirikare b'igihugu cye bagiye mu ntambara muri Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi. Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho guverinoma nshya aho yagarutsemo benshi mubari bagize icyuye...

Read moreDetails

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC.

U Bubiligi bwahagurukiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RDC. Minisitiri w'intebe wungirije w'u Bubiligi akaba na minisitiri w'ubanye n'amahanga w'icyo gihugu, yavuze ko umutwe wa M23 urwanya...

Read moreDetails
Next Post
Uduce tubiri two muri Kivu y’Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Uduce tubiri two muri Kivu y'Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?