Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

You might also like

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri uku kwezi bisinya amasezerano y’amahoro, ariko igihe cyo kuyashyiraho umukono kiracyari kure nk’ukwezi nubwo bivugwa ko azasinywa mu kwezi gutaha.

Nibyatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, aho yavuze ko amasezerano y’amahoro hagati y’impande zirebwa na yo agifite igihe imbere yo kuyasinya.

Hagati muri iki cyumweru, minisitiri Nduhungurehe na mugenzi we wa RDC minisitiri Kayikwamba Wagner bagiranye ibiganiro ni biganiro kandi bagiranye na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi.
Ibi biganiro byabo byabereye i Beijing mu Bushinwa.

Nk’uko byari biteganyijwe nuko amasezerano y’amahoro yari gusinywa hagati muri uku kwezi kwa gatandatu.

Ariko minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, abinyujije kuri x, yagize ati: “Nta masezerano azasinywa hagati y’u Rwanda na Congo kuri iki cyumweru.”

Asobanura ko mu kwezi kwa gatandatu hagati yari intego bihaye ariko ngo ntibyashobotse ngo bitewe n’ukuri guhari mu biganiro biri kuba.

Nduhungurehe yakomeje avuga ko nyuma y’ibiganiro kuri Email, guhura imbona nkubone ubu ari bwo inzobere za buri ruhande zatangiye ibiganiro i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ati: “Intego si yindi ni ukugarira ku bintu bifatika kandi buri ruhande rukabyungukiramo.”

Nk’uko biteganyijwe ni uko impande zombi ziganira, zarangiza kumvikana zigafata inyandiko zateweho umukono zikazishyikiriza ba minisitiri b’ubanye n’amahanga, nyuma na bo bakabona kuziha abakuru b’ibihugu bagasinya amasezerano.

Ubwumvikane hagati y’u Rwanda na Congo bwajemo agatotsi ku rwego rurenze igipimo cyane cyane ubwo umutwe wa M23 wuburaga imirwano mu mpera z’umwaka wa 2021, ushinja RDC kutubahiriza amasezerano yagiranye na wo.

RDC na yo ishinja u Rwanda gufasha uwo mutwe uyirwanya unamaze kwigarurira igice kinini cyayo, aho ubu bibarwa ko wigaruriye hafi u Burasirazuba bwose bw’iki gihugu. Mu gihe u Rwanda na rwo rushinja RDC gukorana n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu gihugu cyabo mu mwaka wa 1994.

Tags: amahoroAmasezeranoAracyari kureRdcWashington DC
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Kivu y'Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b'intara ya Kivu y'Amajyepfo, guverineri na visi guverineri....

Read moreDetails
Next Post
Uduce tubiri two muri Kivu y’Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Uduce tubiri two muri Kivu y'Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?