• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri uku kwezi bisinya amasezerano y’amahoro, ariko igihe cyo kuyashyiraho umukono kiracyari kure nk’ukwezi nubwo bivugwa ko azasinywa mu kwezi gutaha.

Nibyatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, aho yavuze ko amasezerano y’amahoro hagati y’impande zirebwa na yo agifite igihe imbere yo kuyasinya.

Hagati muri iki cyumweru, minisitiri Nduhungurehe na mugenzi we wa RDC minisitiri Kayikwamba Wagner bagiranye ibiganiro ni biganiro kandi bagiranye na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi.
Ibi biganiro byabo byabereye i Beijing mu Bushinwa.

Nk’uko byari biteganyijwe nuko amasezerano y’amahoro yari gusinywa hagati muri uku kwezi kwa gatandatu.

Ariko minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, abinyujije kuri x, yagize ati: “Nta masezerano azasinywa hagati y’u Rwanda na Congo kuri iki cyumweru.”

Asobanura ko mu kwezi kwa gatandatu hagati yari intego bihaye ariko ngo ntibyashobotse ngo bitewe n’ukuri guhari mu biganiro biri kuba.

Nduhungurehe yakomeje avuga ko nyuma y’ibiganiro kuri Email, guhura imbona nkubone ubu ari bwo inzobere za buri ruhande zatangiye ibiganiro i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ati: “Intego si yindi ni ukugarira ku bintu bifatika kandi buri ruhande rukabyungukiramo.”

Nk’uko biteganyijwe ni uko impande zombi ziganira, zarangiza kumvikana zigafata inyandiko zateweho umukono zikazishyikiriza ba minisitiri b’ubanye n’amahanga, nyuma na bo bakabona kuziha abakuru b’ibihugu bagasinya amasezerano.

Ubwumvikane hagati y’u Rwanda na Congo bwajemo agatotsi ku rwego rurenze igipimo cyane cyane ubwo umutwe wa M23 wuburaga imirwano mu mpera z’umwaka wa 2021, ushinja RDC kutubahiriza amasezerano yagiranye na wo.

RDC na yo ishinja u Rwanda gufasha uwo mutwe uyirwanya unamaze kwigarurira igice kinini cyayo, aho ubu bibarwa ko wigaruriye hafi u Burasirazuba bwose bw’iki gihugu. Mu gihe u Rwanda na rwo rushinja RDC gukorana n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu gihugu cyabo mu mwaka wa 1994.

Tags: amahoroAmasezeranoAracyari kureRdcWashington DC
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails
Next Post
Uduce tubiri two muri Kivu y’Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Uduce tubiri two muri Kivu y'Epfo twabereyemo imirwano ikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?