• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

You might also like

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

Nyuma y’aho Ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi na zo ya Wazalendo na FDLR bagabye igitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu ishyamba rya Bijabo iyi mitwe yombi yazikubise irazibabaza inazisubiza inyuma.

Bi kubiye mu butumwa bwanditse umwe mu barwanyi bo muri uyu mutwe wa Twirwaneho yaduhaye, aho yavuze ko bababaje kubi ririya huriro ry’Ingabo za Congo ryari ryabagabyeho igitero.

Ubutumwa yaduhaye bugira buti: “Umwanzi yahunze, kandi ibyo yahuye nabyo ntazabyibagirwa.”

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere, ni bwo ririya huriro ry’ingabo za RDC zagabye kiriya gitero, zikigaba riturutse i Ndondo ya Bijombo no ku mushyashya hasi kwa Mboko.

Ihangana ryabaye hagati y’impande zombi ryamaze amasaha abiri, maze birangira uruhande rwa Leta runeshejwe kandi ruranahunga, nk’uko buriya butumwa bukomeza buvuga.

Bijabo yagabwemo iki gitero n’ishyamba riherereye mu Cyohagati i Mulenge muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Hari amakuru avuga ko iri shyamba ribamo ibirindiro bikaze by’uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, nubwo ntacyo iyi mitwe irabivugaho.
Ibyo bikaba biri mu byatumye iri huriro ry’ingabo za Congo rigaba iki gitero muri icyo gice.

Tags: BijaboIgitero
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/03/2026, Umujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu ya Ruguru,...

Read moreDetails

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma Umujyi wa Goma uri mu bihe bikomeye nyuma y’ijoro ryaranzwe n’ibitero byifashishije indege zitagira...

Read moreDetails

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa Mu gihe politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kurangwa n’impaka ku bibazo bitandukanye...

Read moreDetails

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero Tariki ya 08/03/2026, ku Munsi Mpuzamahanga w’Umugore (International...

Read moreDetails

Minembwe: Ibitero bya “Drone” Bishinjwa FARDC Byahitanye Abasivili, Binangiza Radiyo n’Ibikorwaremezo

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Minembwe: AFC/M23 Yashinje Ihuriro ry’Ingabo za Kinshasa Kwibasira Abaturage

Minembwe: Ibitero bya “Drone” Bishinjwa FARDC Byahitanye Abasivili, Binangiza Radiyo n’Ibikorwaremezo Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 09/03/2026, agace ka Minembwe kari mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails
Next Post
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ikivugwa kuri Kabila wageze i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?