• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Umutwe wa m23 uri kwagura ibirindiro byayo mu buryo bw’ibitangaza, aho uri gufata imijyi yibitseho byinshi haba mu guhuza indi mijyi no kuba yibitseho ubutunzi kamere.

Mu mijyi m23 imaze kwigarurira harimo uwa Minova uwo yafashe mu gitondo cyo ku wa kabiri. Uyu mujyi uherereye muri teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ni umujyi wegereye ikiyaga cya Kivu, ukaba ari wo ufite inzira y’ubutaka n’iyamazi zihuza ibice bya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu Yaruguru. Bivuze ko ifatwa ry’uyu mujyi bigiye guhagarika byinshi byuruza n’uruza ahanini ku ngabo za FARDC n’abambari bazo.

Usibye kuba Minova inafasha ku byubahahirane hagati y’abaturiye intara ya Kivu y’Epfo n’iya Ruguru niyo kandi ingabo z’u Burundi zakoreshaga zija guha ubufasha FARDC muri teritwari ya Masisi.

Undi mujyi wigenzi M23 yafashe ni uwa Lumbishi, nawo uri muri Kalehe, ukaba ukungahaye ku mabuye y’agaciro. Aka gace kaje kiyongera kuri Rubaya yo iherereye muri teritwari ya Masisi. Utu duce twombi tuzwiho kuba twibitseho ubutunzi kamere bugezweho muri iki gihe no mu bihe bizaza.

Umusozi wa Buragiza, M23 yafashe ku gicamunsi cyo ku wa mbere nawo uzwiho kuba uriho ikibuga cy’indege, ndetse kandi indege zose zitura ku kibuga cy’indege cya Goma zibanza gukatira i Buragiza zikabona kwitura ku kibuga cya Goma. Bivuze ko indege M23 idashaka ko yitura i Goma ntishobora kuhitura.

Naho centre ya Bwerimana nayo yafashwe ku wa mbere, ni yo igabanya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo. ikaba iri ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu ku muhanda munini uhuza imijyi ya Goma, Sake na Bukavu.

Amakuru kandi avuga ko uyu mutwe wafashe n’umujyi wa Kalungu ufite ubutaka bwera cyane, ibirimo ibigori, ibishyimbo, ibitoki ndetse n’ibindi bihingwa byinshi.

Si yo mijyi gusa yafashe kuko yanigaruriye na Localité ya Nyabibwe ahari harabaye indiri y’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo.

Abakurikiranira hafi intambara ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta bahuriza ku kuba ifatwa ry’ibi bice riha M23 amahirwe menshi yo kuba isaha n’isaha yakwigarurira umujyi wa Goma na Bukavu.

Kimwecyo, uyu mutwe uracyasabwa kuba wafata ibice byinjira i Goma unyuze muri teritware ya Nyiragongo mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Harimo ko kandi usabwa kubanza gufata uduce two muri teritware ya Kabare natwo twinjira mu mujyi wa Bukavu muri Kivu y’Epfo.

Tags: ImijyiKaleheM23
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y’Epfo.

FARDC yongeye kwikanga irarasagura hafi n'i Kavumu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?