• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Umutwe wa m23 uri kwagura ibirindiro byayo mu buryo bw’ibitangaza, aho uri gufata imijyi yibitseho byinshi haba mu guhuza indi mijyi no kuba yibitseho ubutunzi kamere.

Mu mijyi m23 imaze kwigarurira harimo uwa Minova uwo yafashe mu gitondo cyo ku wa kabiri. Uyu mujyi uherereye muri teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ni umujyi wegereye ikiyaga cya Kivu, ukaba ari wo ufite inzira y’ubutaka n’iyamazi zihuza ibice bya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu Yaruguru. Bivuze ko ifatwa ry’uyu mujyi bigiye guhagarika byinshi byuruza n’uruza ahanini ku ngabo za FARDC n’abambari bazo.

Usibye kuba Minova inafasha ku byubahahirane hagati y’abaturiye intara ya Kivu y’Epfo n’iya Ruguru niyo kandi ingabo z’u Burundi zakoreshaga zija guha ubufasha FARDC muri teritwari ya Masisi.

Undi mujyi wigenzi M23 yafashe ni uwa Lumbishi, nawo uri muri Kalehe, ukaba ukungahaye ku mabuye y’agaciro. Aka gace kaje kiyongera kuri Rubaya yo iherereye muri teritwari ya Masisi. Utu duce twombi tuzwiho kuba twibitseho ubutunzi kamere bugezweho muri iki gihe no mu bihe bizaza.

Umusozi wa Buragiza, M23 yafashe ku gicamunsi cyo ku wa mbere nawo uzwiho kuba uriho ikibuga cy’indege, ndetse kandi indege zose zitura ku kibuga cy’indege cya Goma zibanza gukatira i Buragiza zikabona kwitura ku kibuga cya Goma. Bivuze ko indege M23 idashaka ko yitura i Goma ntishobora kuhitura.

Naho centre ya Bwerimana nayo yafashwe ku wa mbere, ni yo igabanya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo. ikaba iri ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu ku muhanda munini uhuza imijyi ya Goma, Sake na Bukavu.

Amakuru kandi avuga ko uyu mutwe wafashe n’umujyi wa Kalungu ufite ubutaka bwera cyane, ibirimo ibigori, ibishyimbo, ibitoki ndetse n’ibindi bihingwa byinshi.

Si yo mijyi gusa yafashe kuko yanigaruriye na Localité ya Nyabibwe ahari harabaye indiri y’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo.

Abakurikiranira hafi intambara ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta bahuriza ku kuba ifatwa ry’ibi bice riha M23 amahirwe menshi yo kuba isaha n’isaha yakwigarurira umujyi wa Goma na Bukavu.

Kimwecyo, uyu mutwe uracyasabwa kuba wafata ibice byinjira i Goma unyuze muri teritware ya Nyiragongo mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Harimo ko kandi usabwa kubanza gufata uduce two muri teritware ya Kabare natwo twinjira mu mujyi wa Bukavu muri Kivu y’Epfo.

Tags: ImijyiKaleheM23
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y’Epfo.

FARDC yongeye kwikanga irarasagura hafi n'i Kavumu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?