• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo wa menya ku bakomanda barenga ibihumbi 7 binjiye muri AFC/M23/MRDP

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 15, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo wa menya ku bakomanda barenga ibihumbi 7 binjiye muri AFC/M23/MRDP
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku bakomanda barenga ibihumbi 7 binjiye muri AFC/M23/MRDP

You might also like

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, rikomeje gukora ibikorwa nk’ibya Leta ni mu gihe ryinjije abakomando barenga ibihumbi 7 nyuma y’aho basoje course ya gisirikare.

Umuhango wo kwinjiza bariya bakomando basoje imyitozo ya gisirikare wa yobowe na Major Gen Sultan Makenga umugaba mukuru w’ingabo za ARC(Armee Revolutionnaire Congolaise).

Ni umugango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 14/09/2025. Amakuru avuga ko abakomando basoje ari ya masomo bose ni abantu 7,437, bakaba basoreje mu kigo cya Rumangabo giherereye muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gen Sultan Makenga wayoboye uwo muhango yasabye abasoje ayo masomo kurangwa n’ikinyabupfura no guharanira kubaka igihugu cyabo.

Mubasoje ayo masomo harimo abahoze ari abasirikare ba Leta ya RDC bakaba barafatiwe ku rugamba biyemeza kwiyunga kuri AFC/M23/MRDP.

Makenga yabasabye kwambara ingofero kugira ngo berekane ko babaye aba AFC/M23/MRDP. Anababwira ko ibibazo biri muri RDC byatewe n’ubutegetsi bubi bwa perezida Felix Tshisekedi buzana ivangura mu baturage.

Avuga ko Tshisekedi yahaye abacanshuro agaciro kenshi kuruta abasirikare b’igihugu, amushinja ko ari we wazanye ibibazo byose biri muri iki gihugu, ndetse avuga ko atagifite ubushobozi bwo kuyobora igihugu.

Maze asaba abari aho kwitegura bakabohora igihugu cyashyizwe mu kangaratete na Tshisekedi.

Umuhuza bikorwa mukuru w’iri huriro rya AFC/M23/MRDP na we wari aho, yashimiye abarangije amasomo ya gisirikare, ababwira ko bizabafasha kugira brigade 4, anabizeza ko kubohora igihugu bitangiye kandi ko bizagera hose.

Tags: AbakomamdoAFC/MRDPM23Rumangabo
Share41Tweet26Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails
Next Post
Kabila ku mugaragaro atangaje impinduka agiye gukora vuba

Kabila ku mugaragaro atangaje impinduka agiye gukora vuba

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?