Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 27, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

I Lugushwa ho muri Kivu y’Amajy’epfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, abapolisi babiri bafashwe biba baburiwe irengero, ndetse n’abasirikare 5 baje batabaye abaturage banyazwe, nabo baburiwe irengero; bigakekwa ko barozwe.

Amasoko yacu atandukanye ava i Lugushwa avuga ko “ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26/10/2024, nibwo abapolisi babiri ba RDC bambuye abaturage utwabo, maze abaturage baza gutabaza abasirikare bakorera muri ibyo bice.

Mu byo abaturage bari bambuwe harimo n’amabuye y’agaciro ndetse n’amafaranga akaba kaba mu bihumbi by’amadolari y’Amerika, abari banyazwe bari basanzwe bakora imirimo y’ubucuruzi.

Aya makuru akomeza avuga ko ‘nyuma yuko abasirikare batabaye abaturage bagafata b’abapolisi babajura babaka ibyo bari banyaze bariya bacuruzi, ubundi babasirikare aho kubisubiza banyirabyo, bahitamo kubikubita ku mifuka yabo.

Ari b’abapolisi babajura n’abasirikare bari batabaye abaturage ariko banga kubasubiza ibyabo byari byanyazwe n’abapolisi, byaje kurangira bose baburiwe irengero. Umusirikare uherereye muri ibyo bice wavuganye na Minembwe.com, yavuze ko byatumye haba gukeka ko basutsweho uburozi bituma baburigwa irengero.

Kimweho kandi, biravugwa ko aba basirikare 5 n’abapolisi babiri boba barahishwe n’akomanda Kompanyi ufite icyicaro muri Lugushwa, ngo kuko abaturage bamutabaje, ababwira ko kwiba muri RDC atari ikibazo, ko ahubwo na perezida wa Repubulika azayiba igihugu, bityo ko bidakwiye kubahangayikisha!

Yagize ati: “Habe na perezida wa Repubulika ariba nkanswe abapolisi bashonje.”

Kuva ubwo abo basirikare n’abapolisi babuze, ku gicamunsi cy’ejo hashize, kugeza izisaha, irengero ryabo ntiriramenyekana, nk’uko aya makuru ava i Lugushwa abivuga.

Tags: Baburiwe irengeroFardcLugushwaPolisi
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.

Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?