• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
October 27, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

I Lugushwa ho muri Kivu y’Amajy’epfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, abapolisi babiri bafashwe biba baburiwe irengero, ndetse n’abasirikare 5 baje batabaye abaturage banyazwe, nabo baburiwe irengero; bigakekwa ko barozwe.

Amasoko yacu atandukanye ava i Lugushwa avuga ko “ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26/10/2024, nibwo abapolisi babiri ba RDC bambuye abaturage utwabo, maze abaturage baza gutabaza abasirikare bakorera muri ibyo bice.

Mu byo abaturage bari bambuwe harimo n’amabuye y’agaciro ndetse n’amafaranga akaba kaba mu bihumbi by’amadolari y’Amerika, abari banyazwe bari basanzwe bakora imirimo y’ubucuruzi.

Aya makuru akomeza avuga ko ‘nyuma yuko abasirikare batabaye abaturage bagafata b’abapolisi babajura babaka ibyo bari banyaze bariya bacuruzi, ubundi babasirikare aho kubisubiza banyirabyo, bahitamo kubikubita ku mifuka yabo.

Ari b’abapolisi babajura n’abasirikare bari batabaye abaturage ariko banga kubasubiza ibyabo byari byanyazwe n’abapolisi, byaje kurangira bose baburiwe irengero. Umusirikare uherereye muri ibyo bice wavuganye na Minembwe.com, yavuze ko byatumye haba gukeka ko basutsweho uburozi bituma baburigwa irengero.

Kimweho kandi, biravugwa ko aba basirikare 5 n’abapolisi babiri boba barahishwe n’akomanda Kompanyi ufite icyicaro muri Lugushwa, ngo kuko abaturage bamutabaje, ababwira ko kwiba muri RDC atari ikibazo, ko ahubwo na perezida wa Repubulika azayiba igihugu, bityo ko bidakwiye kubahangayikisha!

Yagize ati: “Habe na perezida wa Repubulika ariba nkanswe abapolisi bashonje.”

Kuva ubwo abo basirikare n’abapolisi babuze, ku gicamunsi cy’ejo hashize, kugeza izisaha, irengero ryabo ntiriramenyekana, nk’uko aya makuru ava i Lugushwa abivuga.

Tags: Baburiwe irengeroFardcLugushwaPolisi
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.

Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?