• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken na minisitiri w’intebe wa Libani, Najib Mikati bagiranye ibiganiro byibanze ku bitero Israel iheruka kugaba mu majyepfo ya Libani.

Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 25/10/2024, ni mu gihe bwana Antony Blinken arimo agenderera ibihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati y’isi.

Amakuru avuga ko aba bategetsi bombi bahuriye i Londre mu Bwongereza nyuma y’uko Najib Mikati wa Libani yari avuye i Paris mu Bufaransa aharimo habera ibiganiro byiga kugufasha igisirikare cya Libani ndetse no kugoboka abavanywe mu byabo kubera ibitero bya Israel muri Libani.

Muri uwo mubonano, Antony Blinken yasabye ko ibibazo biri hagati ya Israel na Libani byotorerwa umuti binyuze mu biganiro. Avuga ko Israel igomba gukora ibishoboka byose kugira ngo yirinde kwica inzirakarengane, no kwirinda kubangamira ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kurengera abaturage muri ibyo bice.

Hanyuma aza kongera gusaba Liban gufata ingamba zerekeye kurinda umutekano w’igihugu cyabo n’uwakarere, ikoresheje kwambura intwaro abarwanyi b’u mutwe wa Hezbollah usanzwe ushyigikiwe n’igihugu cya Iran. Uyu mutwe wa Hezbollah warashe ibisasu bya misile, ufatanyije n’igisirikare cya Iran n’umutwe wa Hamas, barasa ku butaka bwa Israel bihitana abaturage babarirwa mu bihumbi birenga ahagana ku itariki ya 07/10/2024 ari nabyo nyiribayazana w’izi ntambara zose ziri kubera muri ako karere.

Tags: AmerikaIsraelLibani
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?