• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken na minisitiri w’intebe wa Libani, Najib Mikati bagiranye ibiganiro byibanze ku bitero Israel iheruka kugaba mu majyepfo ya Libani.

Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 25/10/2024, ni mu gihe bwana Antony Blinken arimo agenderera ibihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati y’isi.

Amakuru avuga ko aba bategetsi bombi bahuriye i Londre mu Bwongereza nyuma y’uko Najib Mikati wa Libani yari avuye i Paris mu Bufaransa aharimo habera ibiganiro byiga kugufasha igisirikare cya Libani ndetse no kugoboka abavanywe mu byabo kubera ibitero bya Israel muri Libani.

Muri uwo mubonano, Antony Blinken yasabye ko ibibazo biri hagati ya Israel na Libani byotorerwa umuti binyuze mu biganiro. Avuga ko Israel igomba gukora ibishoboka byose kugira ngo yirinde kwica inzirakarengane, no kwirinda kubangamira ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kurengera abaturage muri ibyo bice.

Hanyuma aza kongera gusaba Liban gufata ingamba zerekeye kurinda umutekano w’igihugu cyabo n’uwakarere, ikoresheje kwambura intwaro abarwanyi b’u mutwe wa Hezbollah usanzwe ushyigikiwe n’igihugu cya Iran. Uyu mutwe wa Hezbollah warashe ibisasu bya misile, ufatanyije n’igisirikare cya Iran n’umutwe wa Hamas, barasa ku butaka bwa Israel bihitana abaturage babarirwa mu bihumbi birenga ahagana ku itariki ya 07/10/2024 ari nabyo nyiribayazana w’izi ntambara zose ziri kubera muri ako karere.

Tags: AmerikaIsraelLibani
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?