Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 22, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni igitabo kizwi nka Codex Gigas, bivuze ngo nigitabo kinini. Iki ni igitabo cyandikishijwe intoki cyagaragaye ku Isi mu binyejana bishize.

Ni igitabo gifite uburebure bwa santimetero 36, kikaba gifite ubugari bwa santimetero 20, kandi gipima ibiro 165 bisaba ko kugira ngo usome iki gitabo ucyumve, ugomba kuba warize ikilatini kuko cyanditswe muri urwo ririmi, nk’uko byatangajwe.

Dukurikije amateka ya Codex yakozwe na Herman The Recluse ubwo yari mu kigo cy’abihaye Imana cya Benedigito giherereye i Podlazice hafi ya Chrudim muri Repubulika ya Ceki yasenywe mu kinyejana cya 15 mu gihe cya Revolution ya Hussite, ariko ubu kibarizwa mu nzu ndangamurage y’umujyi wa Chrast.

Avuga ko iki gitabo cya sekibi ko cyavumbuwe mu kigo cy’abihaye Imana mu 1844 n’umuhanga mu bya Bibiriya wo mu Budage akaba n’umuhanga mu bucukumbuzi bw’ibyataburuwe mu matongo, witwa Constantin Von Tischendorf ahagana mu mwaka w’ 181574. Yavuze ko yasanze impapuro z’iki gitabo mu gitebo cyibyataburuwe, ariko iy’ingingo ntiyayemeranyijeho n’Abamonaki, kuko bo bavuga ko kitataburuwe ko hubwo cyanditswe n’uwo muhanga.

Gusa ibiri muri iki gitabo, nk’uko babigaragaje, bavuga ko kugaragaza ububasha buri muri sekibi kandi ko abugaragariza mu bamwubaha nabagerageza gukorera imbaraga z’umwijima.

Ariko nubwo biruko nta kindi kiruta kubaha Imana isumba byose, ise w’umwami wacu Yesu Kristo, kuko niyo igenga ibihe igategeka ibiri mu ijuru, ku Isi no munsi y’isi n’ahandi tutabashaka kumenya naho tutagera.

      MCN.
Tags: Codex Gigassekibi
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu ingabo za FARDC mu Minembwe zabyukanye umujagararo.

Hamenyekanye impamvu ingabo za FARDC mu Minembwe zabyukanye umujagararo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?