• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

minebwenews by minebwenews
October 22, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Ni igitabo kizwi nka Codex Gigas, bivuze ngo nigitabo kinini. Iki ni igitabo cyandikishijwe intoki cyagaragaye ku Isi mu binyejana bishize.

Ni igitabo gifite uburebure bwa santimetero 36, kikaba gifite ubugari bwa santimetero 20, kandi gipima ibiro 165 bisaba ko kugira ngo usome iki gitabo ucyumve, ugomba kuba warize ikilatini kuko cyanditswe muri urwo ririmi, nk’uko byatangajwe.

Dukurikije amateka ya Codex yakozwe na Herman The Recluse ubwo yari mu kigo cy’abihaye Imana cya Benedigito giherereye i Podlazice hafi ya Chrudim muri Repubulika ya Ceki yasenywe mu kinyejana cya 15 mu gihe cya Revolution ya Hussite, ariko ubu kibarizwa mu nzu ndangamurage y’umujyi wa Chrast.

Avuga ko iki gitabo cya sekibi ko cyavumbuwe mu kigo cy’abihaye Imana mu 1844 n’umuhanga mu bya Bibiriya wo mu Budage akaba n’umuhanga mu bucukumbuzi bw’ibyataburuwe mu matongo, witwa Constantin Von Tischendorf ahagana mu mwaka w’ 181574. Yavuze ko yasanze impapuro z’iki gitabo mu gitebo cyibyataburuwe, ariko iy’ingingo ntiyayemeranyijeho n’Abamonaki, kuko bo bavuga ko kitataburuwe ko hubwo cyanditswe n’uwo muhanga.

Gusa ibiri muri iki gitabo, nk’uko babigaragaje, bavuga ko kugaragaza ububasha buri muri sekibi kandi ko abugaragariza mu bamwubaha nabagerageza gukorera imbaraga z’umwijima.

Ariko nubwo biruko nta kindi kiruta kubaha Imana isumba byose, ise w’umwami wacu Yesu Kristo, kuko niyo igenga ibihe igategeka ibiri mu ijuru, ku Isi no munsi y’isi n’ahandi tutabashaka kumenya naho tutagera.

      MCN.
Tags: Codex Gigassekibi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu ingabo za FARDC mu Minembwe zabyukanye umujagararo.

Hamenyekanye impamvu ingabo za FARDC mu Minembwe zabyukanye umujagararo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?