Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 26, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni igiterane giteganywa kuzaba iminsi itatu, aho kizatangira tariki ya 30-31/08, ki kazarangira ku itariki ya 01/09/2024, nk’uko ibi twabyiganiwe n’umuyobozi mukuru wa Ebenezer Ministry, ari nawe uri gutegura iki giterane kidasanzwe, bwana Fabrice Bukuru Nsengiyumva.

Avuga ko iki giterane ko kizabera ku itorero rya Philadelphia All National Assemblies, rifite icyicaro muri Quartier ya Nyarutarama, agace gaherereye neza na neza hafi n’Inyanja ya Nakivale mu majyepfo y’igihugu cya Uganda.

Insanganyamatsiko nkuru y’iki giterane ikubiye muri Yohana 9:4-5, igira iti: Nkwiriye gukora imirimo y’uwantumye hakiri ku manywa, bugiye kwira ni igihe umuntu atakibasha gukora.
Nkiri mu isi ndi umucyo w’isi.”

Abashitsi b’imena muri iki giterane, nk’uko bigaragazwa n’ubutumwa bw’amashusho, barimo umushumba, Reverend Byicyaza na Rev-Ndayishimiye, aba akaba ari bo bazabwiriza ubutumwa bwiza. Muri ubu butumwa bw’amashusho kandi bugaragaza ko hari abandi bashitsi bazaba barimo Ev-Basabwa, Ev-Jule Setuza, ndetse n’abandi barimo abacuranzi bakomye, nka Daudi, Prince, Koffi, Ngarura n’abandi.

Umuyozi mukuru wa Ebenezer Worship Ministry, yababwiye kandi Minembwe Capital News ko “iyi minisiteri(ministry) ari itsinda ry’Abaramyi kandi ko intego yabo nyamukuru ari uguhuza imbaraga maze ngo bakamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu.”

Yanavuze kandi ko iyi minisiteri imaze igihe kingana n’amezi umunani itangiye, ikaba imaze kugira amashami ku migabane itandukanye yo ku Isi. Ishami rimwe riherereye Amerika, Mbarara arinaho hari icyicaro gikuru, Nakivale na Kenya ariko ko bakomeje kwagura.

Usibye iki giterane bari gutegura i Nakivale, hari ibindi iyi ministry yagiye ikorera ahandi hatandukanye.

Bityo bakaba bakanguriye abantu bose bahaswe n’umwuka wera kuzacyitabira, ngo kuko kizaba kirimo amavuta y’Imana, udasize ko Imana izagikoreramo ibitangaza.

              MCN.
Tags: All Nations AssembliesEBNEZER WORSHIP MINISTRYNakivale
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?