Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 26, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni igiterane giteganywa kuzaba iminsi itatu, aho kizatangira tariki ya 30-31/08, ki kazarangira ku itariki ya 01/09/2024, nk’uko ibi twabyiganiwe n’umuyobozi mukuru wa Ebenezer Ministry, ari nawe uri gutegura iki giterane kidasanzwe, bwana Fabrice Bukuru Nsengiyumva.

Avuga ko iki giterane ko kizabera ku itorero rya Philadelphia All National Assemblies, rifite icyicaro muri Quartier ya Nyarutarama, agace gaherereye neza na neza hafi n’Inyanja ya Nakivale mu majyepfo y’igihugu cya Uganda.

Insanganyamatsiko nkuru y’iki giterane ikubiye muri Yohana 9:4-5, igira iti: Nkwiriye gukora imirimo y’uwantumye hakiri ku manywa, bugiye kwira ni igihe umuntu atakibasha gukora.
Nkiri mu isi ndi umucyo w’isi.”

Abashitsi b’imena muri iki giterane, nk’uko bigaragazwa n’ubutumwa bw’amashusho, barimo umushumba, Reverend Byicyaza na Rev-Ndayishimiye, aba akaba ari bo bazabwiriza ubutumwa bwiza. Muri ubu butumwa bw’amashusho kandi bugaragaza ko hari abandi bashitsi bazaba barimo Ev-Basabwa, Ev-Jule Setuza, ndetse n’abandi barimo abacuranzi bakomye, nka Daudi, Prince, Koffi, Ngarura n’abandi.

Umuyozi mukuru wa Ebenezer Worship Ministry, yababwiye kandi Minembwe Capital News ko “iyi minisiteri(ministry) ari itsinda ry’Abaramyi kandi ko intego yabo nyamukuru ari uguhuza imbaraga maze ngo bakamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu.”

Yanavuze kandi ko iyi minisiteri imaze igihe kingana n’amezi umunani itangiye, ikaba imaze kugira amashami ku migabane itandukanye yo ku Isi. Ishami rimwe riherereye Amerika, Mbarara arinaho hari icyicaro gikuru, Nakivale na Kenya ariko ko bakomeje kwagura.

Usibye iki giterane bari gutegura i Nakivale, hari ibindi iyi ministry yagiye ikorera ahandi hatandukanye.

Bityo bakaba bakanguriye abantu bose bahaswe n’umwuka wera kuzacyitabira, ngo kuko kizaba kirimo amavuta y’Imana, udasize ko Imana izagikoreramo ibitangaza.

              MCN.
Tags: All Nations AssembliesEBNEZER WORSHIP MINISTRYNakivale
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?