• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2024
in Religion
0
Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku giterane kidasanzwe kiri gutegurirwa i Nakivale cya EBNEZER WORSHIP MINISTRY.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Ni igiterane giteganywa kuzaba iminsi itatu, aho kizatangira tariki ya 30-31/08, ki kazarangira ku itariki ya 01/09/2024, nk’uko ibi twabyiganiwe n’umuyobozi mukuru wa Ebenezer Ministry, ari nawe uri gutegura iki giterane kidasanzwe, bwana Fabrice Bukuru Nsengiyumva.

Avuga ko iki giterane ko kizabera ku itorero rya Philadelphia All National Assemblies, rifite icyicaro muri Quartier ya Nyarutarama, agace gaherereye neza na neza hafi n’Inyanja ya Nakivale mu majyepfo y’igihugu cya Uganda.

Insanganyamatsiko nkuru y’iki giterane ikubiye muri Yohana 9:4-5, igira iti: Nkwiriye gukora imirimo y’uwantumye hakiri ku manywa, bugiye kwira ni igihe umuntu atakibasha gukora.
Nkiri mu isi ndi umucyo w’isi.”

Abashitsi b’imena muri iki giterane, nk’uko bigaragazwa n’ubutumwa bw’amashusho, barimo umushumba, Reverend Byicyaza na Rev-Ndayishimiye, aba akaba ari bo bazabwiriza ubutumwa bwiza. Muri ubu butumwa bw’amashusho kandi bugaragaza ko hari abandi bashitsi bazaba barimo Ev-Basabwa, Ev-Jule Setuza, ndetse n’abandi barimo abacuranzi bakomye, nka Daudi, Prince, Koffi, Ngarura n’abandi.

Umuyozi mukuru wa Ebenezer Worship Ministry, yababwiye kandi Minembwe Capital News ko “iyi minisiteri(ministry) ari itsinda ry’Abaramyi kandi ko intego yabo nyamukuru ari uguhuza imbaraga maze ngo bakamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu.”

Yanavuze kandi ko iyi minisiteri imaze igihe kingana n’amezi umunani itangiye, ikaba imaze kugira amashami ku migabane itandukanye yo ku Isi. Ishami rimwe riherereye Amerika, Mbarara arinaho hari icyicaro gikuru, Nakivale na Kenya ariko ko bakomeje kwagura.

Usibye iki giterane bari gutegura i Nakivale, hari ibindi iyi ministry yagiye ikorera ahandi hatandukanye.

Bityo bakaba bakanguriye abantu bose bahaswe n’umwuka wera kuzacyitabira, ngo kuko kizaba kirimo amavuta y’Imana, udasize ko Imana izagikoreramo ibitangaza.

              MCN.
Tags: All Nations AssembliesEBNEZER WORSHIP MINISTRYNakivale
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?