• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku mirambo ibiri ya Wazalendo yatoraguwe i Masisi.

minebwenews by minebwenews
September 4, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku mirambo ibiri ya Wazalendo yatoraguwe i Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku mirambo ibiri ya Wazalendo yatoraguwe i Masisi.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 04/09/2024, mu gace kamwe ko muri teritware ya Masisi hatoraguwe imirambo ibiri ya Wazalendo, bikekwa ko yishwe mu mirwano yo mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa Kabiri. Ubwo Wazalendo basubiranagamo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahitwa i Kaniro niho hatoraguwe iyi mirambo ya Wazalendo, hakaba haherereye muri Grupema ya Buoba, teritware ya Masisi muri Kivu Yaruguru.

Aha muri aka gace ka Kaniro, ahagana mu masaha y’ijoro ryo ku wa mbere w’iki Cyumweru, habereye urugamba rwari rushyamiranije imitwe ibiri ya Wazalendo, umwe uyobowe na Gen Mutayomba n’undi urebwa na Gen Autoproclame Kigingi Kigero.

Uru rugamba rwo gusubiranamo kwa Wazalendo, rwaje kurangira amazu y’abaturage 46 yo muri aka gace ka Kaniro, aho Gen Kigingi Kigero yari ayoboye bayahaye inkongi y’umuriro arashya arakomgoka.

Usibye amazu 46 yahiye, hari n’abaturage bakomerekeye muri iyi mirwano. Muri iki gitondo ho, hatoraguwe imirambo ibiri.

Amakuru ava muri ako gace, avuga ko ko iyi mirambo yasanzwe itobaguwe n’amasasu, bigakekwa ko yarasiwe muri iyo mirwano cyangwa yarishwe nyuma yabwo. Byanavuzwe ko yari iyo mu barwanyi bo mu mutwe uyobowe na Gen Kigingi Kigero.

Iyi mirwano kandi yatumye abaturage bahunga ku bwinshi, nk’uko Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yabitangaje.

Uyoboye Sosiyete sivile yo muri Grupema ya Buoba yamaganye iyi myitwarire ya Wazalendo yongeye gutuma abaturage binjira mu bihe byo guhunga, ndetse anasaba ko Guverinoma ya Kinshasa yogira icyo ikora kugira ngo ihoshye aya makimbirane mu rwego rwo gufasha kugarura ituze muri ibyo bice.

         MCN.
Tags: ImiramboKaniroMasisiWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Abaminisitiri babiri i Kinshasa basabiwe gutabwa muri yombi.

Abaminisitiri babiri i Kinshasa basabiwe gutabwa muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?