Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku mirambo ibiri ya Wazalendo yatoraguwe i Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 4, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku mirambo ibiri ya Wazalendo yatoraguwe i Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku mirambo ibiri ya Wazalendo yatoraguwe i Masisi.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 04/09/2024, mu gace kamwe ko muri teritware ya Masisi hatoraguwe imirambo ibiri ya Wazalendo, bikekwa ko yishwe mu mirwano yo mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa Kabiri. Ubwo Wazalendo basubiranagamo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahitwa i Kaniro niho hatoraguwe iyi mirambo ya Wazalendo, hakaba haherereye muri Grupema ya Buoba, teritware ya Masisi muri Kivu Yaruguru.

Aha muri aka gace ka Kaniro, ahagana mu masaha y’ijoro ryo ku wa mbere w’iki Cyumweru, habereye urugamba rwari rushyamiranije imitwe ibiri ya Wazalendo, umwe uyobowe na Gen Mutayomba n’undi urebwa na Gen Autoproclame Kigingi Kigero.

Uru rugamba rwo gusubiranamo kwa Wazalendo, rwaje kurangira amazu y’abaturage 46 yo muri aka gace ka Kaniro, aho Gen Kigingi Kigero yari ayoboye bayahaye inkongi y’umuriro arashya arakomgoka.

Usibye amazu 46 yahiye, hari n’abaturage bakomerekeye muri iyi mirwano. Muri iki gitondo ho, hatoraguwe imirambo ibiri.

Amakuru ava muri ako gace, avuga ko ko iyi mirambo yasanzwe itobaguwe n’amasasu, bigakekwa ko yarasiwe muri iyo mirwano cyangwa yarishwe nyuma yabwo. Byanavuzwe ko yari iyo mu barwanyi bo mu mutwe uyobowe na Gen Kigingi Kigero.

Iyi mirwano kandi yatumye abaturage bahunga ku bwinshi, nk’uko Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yabitangaje.

Uyoboye Sosiyete sivile yo muri Grupema ya Buoba yamaganye iyi myitwarire ya Wazalendo yongeye gutuma abaturage binjira mu bihe byo guhunga, ndetse anasaba ko Guverinoma ya Kinshasa yogira icyo ikora kugira ngo ihoshye aya makimbirane mu rwego rwo gufasha kugarura ituze muri ibyo bice.

         MCN.
Tags: ImiramboKaniroMasisiWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Abaminisitiri babiri i Kinshasa basabiwe gutabwa muri yombi.

Abaminisitiri babiri i Kinshasa basabiwe gutabwa muri yombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?