• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku munsi wa mbere wabaye wo kwiyamamaza kwa Paul Kagame, umukandida uva mu ishyaka rya RPF Inkotanyi.

minebwenews by minebwenews
June 22, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku munsi wa mbere wabaye wo kwiyamamaza kwa Paul Kagame, umukandida uva mu ishyaka rya RPF Inkotanyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku munsi wa mbere wabaye wo kwiyamamaza kwa Paul Kagame, umukandida uva mu ishyaka rya RPF Inkotanyi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Iki gikorwa cyo kwiyamamaza kwa Paul Kagame w’u Rwanda, cyatangiriye kuri Stade y’ishami rya kaminuza y’u Rwanda riri i Busogo mu karere ka Musanze. Ibihumbi by’Abantu benshi bari baje ku mushigikira.

Byagaragaye ko abari bitabiriye bari bafite akanyamuneza kenshi mu maso yabo aho bari baje gushigikira Paul Kagame uri kwiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu.

Byanavuzwe kandi ko abitabiriye baturutse mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru n’ahandi mu gihugu aho intero ari mwe, bagira bati: “Tumutore niwe utubereye.”

Iki gikorwa kandi cy’itabiriwe n’abahanzi batandukanye barimo Dr Claude, Riderman, Bruce Merodie n’abandi nibo babanje gususurutsa abaribitabiriye.

Byanasobanuwe ko ubwo Paul Kagame yageraga ku kibuga cya Busogo yasuhuje abaturage, hanyuma haba no kuririmba indirimbo ya FPR-Inkotanyi.

Maze hakurikiraho guha ikaze abitabiriye byakozwe n’umuyobozi w’iyi gahunda, Kamanzi Jean Bosco waje no guha ikaze perezida Kagame avuga ko abo mu Ntara y’Amajyaruguru batewe ishema no ku mwakira.

Yavuze ko abaturage bazindutse baza kumushyigikira kuko yabakoreye ibyiza byinshi bakaba bifuza gukomezanya nawe mu myaka iri mbere.

Nyuma baje guha umwanya perezida Paul Kagame, nawe yabanjye gushimira Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi by’u mwihariko abo mu karere ka Musanze baje kumushyigikira kuko bafitanye igihango.

Yagarutse ku mateka yaranze u Rwanda aho politiki mbi yarugejeje mu icuraburindi rya genocide ariko Inkotanyi zigasubiza ibintu mu buryo.

Yasezeranije abaturage kutazabatererana kuko ibyo kuyobora ari nabo babimusabye, gusa abasaba gukomeza kumuba hafi.

Ati: “Si mwe mwabinshyizemo! Nonese mwabinshyiramo mukabintamo?” Ashimangira ko nta cyiza cyo kubabera umuyobozi.

Perezida Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda aribo bafite uburenganzira bwo kwihitiramo ababayobora.

Yanavuze ko abatifuriza u Rwanda ineza bashatse bacisha make kuko ataribo baremye Abanyarwanda.

Ati: “Abatifuriza u Rwanda neza, bashatse bacisha make. Mpereye ku mazina mujya mwita abantu mu kinyarwanda, hari izina ryitwa Iyamuremye, none se muri abo harimo iyaturemye ? Nabyo ni izina nk’iryo.”

Yabwiye abaturage ko iby’amatora nibimara kurangira bagomba gusubira nzira yo gukora, yo kubona u Rwanda nk’i gihugu kimwe hanyuma iby’amajyambere biza byiruka.

Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kongera ku mushyigikira tariki ya 15/07/2024 ubwo hazaba hakorwa amatora rusange, aboneraho kuburira abatifuriza u Rwanda ineza.

Muri iki gikorwa kandi perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yari kumwe n’itsinda rinini ryabaje ku murinda ryo mu ishami ryitwa CTU, iri shami rigizwe n’abarimo abasirikare n’abapolisi, ndetse n’abo muri repubican guard.

Nk’uko byasobanuwe nuko aba baba barakoze imyitozo ihagije, mu bijanye no gukumira ibitero by’i terabwoba ndetse no gukora ibishoboka byose bagafasha abantu benshi gutekana.

Kandi byanavuzwe ko aba bari bamaze iminsi muri Musanze bategura iki gikorwa kuva mu kirere, ku butaka ndetse n’imisozi ikikije aho kwiyamamaza byarimo kubera.

            MCN....
Tags: FPRKagame PaulKwa mamazaMusanze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Byagaragajwe ko Isi iri mu kaga gakomeye, hatangazwa icya korwa mu maguru mashya.

Byagaragajwe ko Isi iri mu kaga gakomeye, hatangazwa icya korwa mu maguru mashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?