Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 10, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Muri Leta ya Florida ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika hateye umuyaga wa serwakira wangiriza ibirimo amashyanyarazi n’ibindi bikorwa remezo byo muri iyi Leta.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko amapoto y’amashanyarazi n’inyubako byangiritse kubera uwo muyaga wa serwakira. Abantu miliyoni 5 baturiye ibyo bice babuze amashanyarazi.

Kugeza ubu, abantu bane ni bo bamaze kumenyekana ko bahasize ubuzima bazize ingaruka y’iyo serwakira.

Ni umuyaga watangiye mu ijoro ryo ku wa gatatu kugera mu rukurera rwo kuri uyu wa Kane, umuyaga mwinshi waturukaga ku nkombe z’inyanja wasenye igice kinini cy’amajyepfo ku buryo butari bwitezwe, nk’uko ijwi ry’Amerika ryabitangaje.

Guverineri w’iy’i Leta Ron DeSantis yavuze ko Milton (serwakira)ifite ubukana butuma ishyirwa mu rwego rwa gatatu, ariko avuga ko yizeye ko biteguye guhangana nayo.

Amazu manini n’amato, yose atuwemo mu bice byinshi bitandukanye byo muri iyi Leta ya Florida yasenyutse ku buryo adashobora gusanwa.

Nk’uko kiriya gitangaza makuru cya komeje kibitangaza n’uko iyi serwakira yashyizwe muzifite ubukana bukaze mu myaka ijana ishize. Ikaba yashyizwe mu rwego rwa gatatu ukurikije ibipimo bifatirwaho mu gupima ubukana bwa serwakira.

Iyi yibasiriye Leta ya Florida, yari ifite umuvuduko wa kilometero 193 mu isaha imwe. Ni ukuvuga ifite umuvuduko uruta uw’imodoka tubona mu masiganwa.

Impungenge zihari n’izuko hari abantu bashobora kuburira ubuzima bwabo muri ibi biza. Umujyi muto witwa Siesta Key utuwe n’abantu 5,400 ni wo kugeza ubu wangirijwe cyane kuko uri mu kirwa.

Uvuye aha ujya ahitwa Tampa Bay ho hatuwe na miliyoni 3, abantu baho baburiwe kudasohoka mu mazu hirindwa ko ubuzima bwabo bushobora kuja mu kaga.

Ariko nubwo biruko guverineri w’iy’i Leta ya Florida yahumurije abaturage ababwira ko Leta y’iki gihugu iri buze guhangana n’iki kibazo.

          MCN.
Tags: FloridaLetaMiltonSerwakira
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n’amahame ya gikirisitu.

Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n'amahame ya gikirisitu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?