• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

minebwenews by minebwenews
October 10, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Muri Leta ya Florida ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika hateye umuyaga wa serwakira wangiriza ibirimo amashyanyarazi n’ibindi bikorwa remezo byo muri iyi Leta.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko amapoto y’amashanyarazi n’inyubako byangiritse kubera uwo muyaga wa serwakira. Abantu miliyoni 5 baturiye ibyo bice babuze amashanyarazi.

Kugeza ubu, abantu bane ni bo bamaze kumenyekana ko bahasize ubuzima bazize ingaruka y’iyo serwakira.

Ni umuyaga watangiye mu ijoro ryo ku wa gatatu kugera mu rukurera rwo kuri uyu wa Kane, umuyaga mwinshi waturukaga ku nkombe z’inyanja wasenye igice kinini cy’amajyepfo ku buryo butari bwitezwe, nk’uko ijwi ry’Amerika ryabitangaje.

Guverineri w’iy’i Leta Ron DeSantis yavuze ko Milton (serwakira)ifite ubukana butuma ishyirwa mu rwego rwa gatatu, ariko avuga ko yizeye ko biteguye guhangana nayo.

Amazu manini n’amato, yose atuwemo mu bice byinshi bitandukanye byo muri iyi Leta ya Florida yasenyutse ku buryo adashobora gusanwa.

Nk’uko kiriya gitangaza makuru cya komeje kibitangaza n’uko iyi serwakira yashyizwe muzifite ubukana bukaze mu myaka ijana ishize. Ikaba yashyizwe mu rwego rwa gatatu ukurikije ibipimo bifatirwaho mu gupima ubukana bwa serwakira.

Iyi yibasiriye Leta ya Florida, yari ifite umuvuduko wa kilometero 193 mu isaha imwe. Ni ukuvuga ifite umuvuduko uruta uw’imodoka tubona mu masiganwa.

Impungenge zihari n’izuko hari abantu bashobora kuburira ubuzima bwabo muri ibi biza. Umujyi muto witwa Siesta Key utuwe n’abantu 5,400 ni wo kugeza ubu wangirijwe cyane kuko uri mu kirwa.

Uvuye aha ujya ahitwa Tampa Bay ho hatuwe na miliyoni 3, abantu baho baburiwe kudasohoka mu mazu hirindwa ko ubuzima bwabo bushobora kuja mu kaga.

Ariko nubwo biruko guverineri w’iy’i Leta ya Florida yahumurije abaturage ababwira ko Leta y’iki gihugu iri buze guhangana n’iki kibazo.

          MCN.
Tags: FloridaLetaMiltonSerwakira
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n’amahame ya gikirisitu.

Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n'amahame ya gikirisitu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?