• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo za FARDC mu misozi miremire y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
August 17, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo za FARDC mu misozi miremire y’Imulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ntambara ikaze yaraye ibaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo za FARDC mu misozi miremire y’Imulenge.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni intambara yaraye ibaye mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/08/2024, aho yarimo ibera muri Grupema ya Bijombo ahazwi nko ku Ndondo, muri teritware ya Uvira, nyuma y’uko Twirwaneho yari funguje ku mbaraga umusore wari wafunzwe na FARDC.

Ahagana ku wa Kane tariki ya 15/08/2024, ingabo za FARDC zikorera mu bice byo ku Ndondo ya Bijombo zahohoteye umusore w’Umunyamulenge, ndetse ziza no ku mufunga, ariko uwo munsi nyirizina abasore bo muri Twirwaneho baja ku mubohoza ku mbaraga.

Amakuru yavuzwe n’abaturage baturiye ibyo bice, ari nabo MCN ikesha iy’inkuru, avuga ko nyuma y’uko Twirwaneho yari yabohoje uriya musore wo mu Muhana wo kw’Irango wari wafunzwe na FARDC imuhohoteye, aha r’ejo rero Ingabo za FARDC zahise zigaba igitero mu Muhana wo kw’Irango mu rwego rwo kugira ngo yirukane Twirwaneho muri ako gace.

Amakuru akomeza avuga ko Twirwaneho yahise ihagurukira rimwe maze barwanya ingabo za leta ya Kinshasa zari zagabye iki gitero mu Muhana wo kw’Irango.

Nk’uko byavuzwe, FARDC yaje gukizwa n’amaguru, ariko abagera kuri batatu bo muribo barakomereka, mu gihe Twirwaneho yo, byavuzwe ko imirwano yarangiye ntawe uhagiriye ikibazo.

U Muhana wo kw’Irango uri hagati yo ku Wumugethi na Kagogo, ukaba kandi utari kure no kuri Nyakirango.

Iy’i mirwano hagati ya FARDC na Twirwaneho, ibaye mu gihe hari hatarashira ukwezi kumwe barwaniye kandi mu bice byo ku Murambya hatari kure no kw’Irango, aho icyo gihe ho barwanye bivuye ku kwikangana ni mu gihe impande zombi zari zihuriye ahantu hari akabira kandi zihura mu buryo butunguranye. Uko kurasana kwabaye kuri izi mpande zombi, byasize umusirikare umwe wa FARDC akomeretse, ariko akaba yaraje gupfa aguye mu bitaro bya Uvira aho yari yajanwe ku vurizwa.

Umutekano wo muri ibi bice byo ku Ndondo ya Bijombo ukaba wongeye kuzamba.

            MCN.
Tags: IndondoIntambaraTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yishyuje Amerika imyenda ifitiye igihugu cye, anasobanura birambuye iby’iyo myenda.

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda yishyuje Amerika imyenda ifitiye igihugu cye, anasobanura birambuye iby'iyo myenda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?