Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku nterahamwe yari komeye yafashwe na m23 ikaba yahawe u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 1, 2025
in World News
0
Ibyo wa menya ku nterahamwe yari komeye yafashwe na m23 ikaba yahawe u Rwanda.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku nterahamwe yari komeye yafashwe na m23 ikaba yahawe u Rwanda.

You might also like

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

Uyu munsi umutwe wa m23 wahaye ingabo z’u Rwanda umurwanyi ukomeye wari mu bayobozi ba FDLR uwo uyu mutwe uheruka gufatira ku rugamba bahanganyemo na FARDC mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01/03/2025, nibwo iyi nterahamwe yitwa Ezekiel Gakwerere ifite ipeti rya Brigadier General yashyikirijwe ingabo z’u Rwanda (RDF).

Yinjiye mu Rwanda bayinyujije ku mupaka uhuza iki gihugu cy’u Rwanda na Congo, muri Rubavu. Akaba yazananye n’abandi barwanyi 12 ba FDLR bafatanwe nawe kurugamba, aho baje bambaye imyambaro y’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ( FARDC).

Uyu murwanyi wari ukomeye muri FDLR yavuze ko yari amaze igihe cyose uyu mutwe umaze ubayeho (mu mayaka 30).

Ubwo jenocide yakorewe abatutsi mu Rwanda, Gakwerere yari afite ipeti rya Lieutenant, yari umwe mubasirikare bakoreraga mu ishuri rya ba su-ofisiye, ESo/Butare. Bivugwa ko yizerwaga cyane na captain Nizeyimana Ildephonse wari umwe mu bayobozi baryo bakuru.

Amakuru amuvugaho agaragaza ko yoherejwe na captain Nizeyimana mu rugo rw’Umwamikazi Rosalie Gicanda, tariki ya 20/04/1994, aramwica. Ni amakuru kandi ahamya ko yagize uruhare mu iyicwa rya Habyarimana Jean Baptiste wayoboye Perefegitire ya Butare, ndetse kandi ko yagize uruhare mu iyicwa ry’abari abategetsi muri Butare.

Uyu murwanyi yari azwiho kuba yari afite amazina menshi, kuko bamwe bamuzi ku mazina ya Sibomana Stany, Julius Makoko, abandi bakaba bari bamuzi kuya Sibo Stany. Yari umunyamabanga mukuru wa FDLR mu rwego rwa politiki.

Umwirondoro we ugaragaza ko yavukiye muri komine Rukara mu cyahoze ari Perefegitire ya Kibungo mu 1964. Ubu ni mu karere ka Kayonza, mu ntara y’i Burasizuba bw’iki gihugu cy’u Rwanda.

Ubundi kandi, uyu Gakwerere yigezeho guhabwa kuyobora abasirikare bashya bitwaga “New Formula” biciye abatutsi benshi kuri za bariyeri n’ahandi hantu hatandukanye muri Butare.

Tags: FDLRM23U Rwanda
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

by Bruce Bahanda
May 17, 2025
0
Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump. James Comey wayoboye urwego rw'iperereza muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika (FBI) yatangiye gukorerwaho iperereza n'urwego rurinda umukuru w'igihugu, hari nyuma...

Read moreDetails

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

by Bruce Bahanda
May 16, 2025
0
Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye. Perezida w'u Burusiya, Vradimir Putin yanze kwitabira ibiganiro by'imishikirano byamuhuzaga na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, abyoherezamo intumwa ze;...

Read moreDetails

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye. Jose Mujica wigeze kuyobora igihugu cya Uruguay yitabye Imana ku myaka 89 y'amavuko, bivugwa ko yazize indwara ya kanseri y'umuhogo...

Read moreDetails

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

Abatuye mu gace ka Lice bisanze 'basinze'bose hamenyekana n'icyabiteye. Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze...

Read moreDetails

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye. Joe Biden wahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika yasanzwemo ikibyimba muri prostate. Ni amakuru yashyizwe hanze n'umuvugizi wa Biden...

Read moreDetails
Next Post
Dr.Kanyiki wahawe umwanya ukomeye muri AFC ni muntu ki?

Dr.Kanyiki wahawe umwanya ukomeye muri AFC ni muntu ki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?