Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw’Amata y’ifu rwa funguwe mu gihugu cy’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 25, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw’Amata y’ifu rwa funguwe mu gihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ruganda rwa mbere rw’Amata y’ifu rwa funguwe mu gihugu cy’u Rwanda.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Iki gikorwa cyo gufungura uruganda rw’Amata y’ifu rwa mbere mu Rwanda, cyafunguwe ahar’ejo tariki ya 24/07/2024, i Nyagatare ahahereye icyicaro cy’uruganda rwa Inyange Industries, nk’uko byatangajwe n’igitangaza makuru cya Radio 10, cyandikirwa i Rwanda.

Iki gitangaza makuru cyanatangaje ko mu gufungura uru ruganda ku mugaragaro, byakozwe na minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente.

Uru ruganda rukaba rubaye urwa mbere rubayeho mu Rwanda. Ruzajya rutunganya toni 50 z’amata y’ifu ku munsi, naho amata yakamwe, ruzajya rushobora gutunganya litiro ibihumbi 500.

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, yavuze ko uru ruganda ko ruteganya kuzagirana isoko n’ikigo gishinzwe ibiribwa muri Afrika cya AIF(Africa Improved Foods).

Nanone kandi 80% y’umusaruro w’uru ruganda nyarwanda rw’amata y’ifu rwa mbere mu Rwanda, bizajya byoherezwa hanze y’u Rwanda mu bihugu by’ibituranyi by’u Rwanda mu karere ka Afrika y’iburasizuba ndetse no mu isoko rusange rya COMESA, no mu bihugu by’Abarabu, ahasanzwe hari isoko rinini ry’amata y’ifu.

James Biseruka, usanzwe ari umuyobozi mukuru wa Ingange Industries, yabwiye itangaza makuru mu Rwanda ko uru ruhanda ruzazanira abaturage impinduka zikomeye.

Avuga ko “mbere na mbere ruzazamura ingano y’umusaruro utunganwa na Inyange ugere hafi kuri litiro zingana na miliyoni imwe.”

Uru ruganda rw’Amata y’ifu rw’uzuye rutwaye miliyoni 54 z’amadolari y’Amerika. Rukaba rumaze gutanga imirimo ku bantu barenga 270, aho kandi rwitezweho kuzamura imibereho y’aborozi bo mu Ntara y’iburasizuba.

              MCN.
Tags: Rwa MbereRwandaUruganda rw'amata y'ifu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo baburiwe kwirinda mu gihe basubiye aho bagiye bahunga.

Abanyekongo baburiwe kwirinda mu gihe basubiye aho bagiye bahunga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?